Sign In Subscribe

Your trusted source for breaking news and in-depth analysis

⚡ Breaking
Language:
NEW

Bidasubirwaho Florian Witz yamaze kuba umukinnyi wa Liverpool.

Lazizi News · Category

Entertainment

Entertainment and celebrity news

33 Articles Updated daily
Top Story

The Ben yateguje indi ndirimbo kuri 5M views

Esther Uwiduhaye · August 19, 2026

Featured Stories

Filter:
Sort by:
The Ben yateguje indi ndirimbo kuri 5M views
Entertainment

The Ben yateguje indi ndirimbo kuri 5M views

Umuhanzi The Ben yatangaje ko azasohora indi ndirimbo yarebwa Inshallah nagera kuri 5M views kuri YouTube. Yabivuze mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Reagan Rugaju, ubwo yamusabaga ko yakwihutisha gusohora indi ndirimbo yakoranye na Ruti Joel.

Esther Uwiduhaye·August 19, 2026
1 min
Miss Rwanda 2020 Ishimwe Naomi yatangaje ko yenda kwibaruka
Entertainment

Miss Rwanda 2020 Ishimwe Naomi yatangaje ko yenda kwibaruka

iss Rwanda 2020 Nishimwe Naomie yatangaje inkuru y’ibyishimo ku mbuga nkoranyambaga, aho yagaragaje ko atwite. Naomie yashakanye na Michael Tesfay mu bukwe bwabaye ku wa 29 Ukuboza 2024, nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko ku wa 27 Ukuboza 2024.

Esther Uwiduhaye·August 11, 2026
1 min
Umuhanzi kazi Butera knowless n'umugabo we bizihije imyaka 15 ishize bari kumwe ndetse 10 ya Marriage
Entertainment

Umuhanzi kazi Butera knowless n'umugabo we bizihije imyaka 15 ishize bari kumwe ndetse 10 ya Marriage

Butera Knowless na Ishimwe Clement bizihije imyaka 15 y’urukundo, harimo imyaka 10 bamaze mu rushako. Knowless yagize ati: “15 years together, 10 years married.” Abafana babo babifurije gukomeza kurambana no kugira ibyishimo mu rugo rwabo.

Esther Uwiduhaye·August 7, 2026
1 min
Disere murumuna w'umunyarwenya mitsutsu yitabye Imana
Entertainment

Disere murumuna w'umunyarwenya mitsutsu yitabye Imana

Mitsutsu yatangaje urupfu rwa murumuna we Disere

Esther Uwiduhaye·August 7, 2026
1 min
Umuhanzi wo muri Nigeria Rema yaguze inzu mu mujyi wa Dubai
Entertainment

Umuhanzi wo muri Nigeria Rema yaguze inzu mu mujyi wa Dubai

Umuhanzi w’Umunyanigeriya Rema, wamamaye mu ndirimbo "Calm Down", yaguze inzu y’akataraboneka mu nyubako ya One by Binghatti iherereye i Dubai.

Esther Uwiduhaye·August 6, 2026
1 min
Umuhanzi kazi Zuchu yibarutse imfura ye
Entertainment

Umuhanzi kazi Zuchu yibarutse imfura ye

Umuhanzikazi wo muri Tanzaniya, Zuchu, akaba umugore wa Diamond Platnumz ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana we w'imfura, umukobwa.

Esther Uwiduhaye·August 5, 2026
1 min
King James yashimiye abanyarwanda bamufashije mukwizihiza imyaka 20 amaze m'umuziki
Entertainment

King James yashimiye abanyarwanda bamufashije mukwizihiza imyaka 20 amaze m'umuziki

King James yashimiye Abanyarwanda bamufashije kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Esther Uwiduhaye·August 5, 2026
1 min
Umuhanzi Burna Boy Akomeje guca agahigo muri Africa
Entertainment

Umuhanzi Burna Boy Akomeje guca agahigo muri Africa

Umuhanzi w'UmunyaNigeria Burna Boy yongeye gukora amateka mu muziki wa Afurika, nyuma yo gushyiraho agahigo ko kuba ari we muhanzi wa mbere wo ku mugabane wa Afurika wagize urugendo rw'ibitaramo rwinjije amafaranga menshi kurusha izindi tour zose zakozwe n'abahanzi bo muri Afurika.

Esther Uwiduhaye·August 4, 2026
1 min
Umuhanzi Fifi Ray yambitswe impeta n'umukunzi we
Entertainment

Umuhanzi Fifi Ray yambitswe impeta n'umukunzi we

Fifi Raya yatangaje kuri Instagram ko yemeye ubusabe bwo kurushinga nyuma yo kwambikwa impeta, agira ati: “I said yes to my forever man.”

Esther Uwiduhaye·August 4, 2026
1 min
Rusine yashimiye Nkusi Arthur wamubereye urufunguzo rw’intangiriro kuri Comedy n’itangazamakuru
Entertainment

Rusine yashimiye Nkusi Arthur wamubereye urufunguzo rw’intangiriro kuri Comedy n’itangazamakuru

Umunyarwenya akaba n’umunyamakuru wa Kiss FM, Patrick Rusine, yatangaje ko afite umwenda w’ishimwe kuri Nkusi Arthur kubera uruhare rukomeye yagize mu ntangiriro z’urugendo rwe muri Comedy ndetse no mu mwuga w’itangazamakuru. Ibi yabigarutseho mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Instagram mu gihe yitegura kwizihiza imyaka 10 amaze akora Stand-up Comedy.

Esther Uwiduhaye·June 11, 2026
1 min
Burkina Faso yahagaritse amarushanwa y’ubwiza, impamvu yatunguye benshi
Entertainment

Burkina Faso yahagaritse amarushanwa y’ubwiza, impamvu yatunguye benshi

Muri Burkina Faso hahagaritswe by’agateganyo amarushanwa y’ubwiza, nyuma y’icyemezo cyafashwe n’inzego z’ubuyobozi kugira ngo habanze hakorwe isuzuma ryimbitse ry’imitegurire n’imikorere yayo. Guhera ku wa 8 Kamena 2026, abakobwa bitabiraga aya marushanwa ndetse n’abambikwaga amakamba ntibazongera gukora ibikorwa bijyanye no guhatanira ubwiza kugeza igihe hazatangarizwa andi mabwiriza mashya.

Esther Uwiduhaye·June 10, 2026
1 min
Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi.
Entertainment

Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi.

Umuhanzi nyarwanda Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yatawe muri yombi na RIB akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa, gutera ubwoba ndetse n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge. Afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje.

Esther Uwiduhaye·May 19, 2026
1 min
Christopher na Chris Eazy bagejeje ikirego muri RIB
Entertainment

Christopher na Chris Eazy bagejeje ikirego muri RIB

Abahanzi Christopher na Chriss Eazy batanze ikirego muri RIB nyuma yo kwibwa ibikoresho byabo birimo mudasobwa ebyiri na telefoni ubwo bari barimo kurangiza amashusho y’indirimbo “Sekoma”.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
CarCarbaba niyo yatanze imodoka muri Kigali Peace Marathon kunshuro ya 19.
Entertainment

CarCarbaba niyo yatanze imodoka muri Kigali Peace Marathon kunshuro ya 19.

Imodoka ya kompanyi Carcarbaba, icuruza imodoka nshya kandi zigezweho, yakoze amateka yo kuyobora isiganwa rya Kigali International Peace Marathon ku nshuro ya gatatu, iba iya mbere ibikoze mu Rwanda. Ibi byabaye ku 9 Kamena mu isiganwa rya 19 ry’iyi marathon ngarukamwaka ryabereye i Kigali. Iyo modoka, ya Forthing Friday, ikoresha amashanyarazi 100% kandi ishobora kugenda ibilometero 410 yuzuye, yashimishije benshi kubera isura yayo n’ikoranabuhanga riyirimo, ikaba yaragize uruhare mu kuyobora abakinnyi no kugaragaza amakuru y’isiganwa.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Umukobwa ufite ikibuno kinini kw'Isi
Entertainment

Umukobwa ufite ikibuno kinini kw'Isi

Gracie Bon, umunyamideli wo muri Panama wavutse 1994, azwi ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere ye idasanzwe n’icyizere yigirira, cyane cyane mu mafoto yambaye bikini.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Urugendo rwa Alyn Sano mu guhanga indirimbo ‘Say Less'
Entertainment

Urugendo rwa Alyn Sano mu guhanga indirimbo ‘Say Less'

Indirimbo “Say Less” ya Alyn Sano yasohotse mu 2022, yakoranywe na Sat B na Fik Fameica, aho yahuye n’impanuka ariko akayirangiza.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Igisupusupu na Agnès bashimagiza Kagame mu ndirimbo nshya
Entertainment

Igisupusupu na Agnès bashimagiza Kagame mu ndirimbo nshya

Igisupusupu na Agnès bakoze indirimbo “Ikipe Itsinda” ishyigikira Perezida Kagame mu matora ya 2024, igaragaza ibikorwa bye n’uruhare rwe mu iterambere ry’u Rwanda.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Ubukwe budasazwe mu gihugu cya Afurika y’Epfo
Entertainment

Ubukwe budasazwe mu gihugu cya Afurika y’Epfo

Itorero IPHC ryateguye ubukwe rusange bw’abantu 55 harimo n’abari muri poligami.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
2 min
DJ Dizzo witeguraga kwibaruka yasanze umwana atari uwe
Entertainment

DJ Dizzo witeguraga kwibaruka yasanze umwana atari uwe

Ibizamini bya ADN byemeje ko DJ Dizzo atari se w’umwana yizeraga ko ari uwe.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
2 min
Diamond Platnumz na Jason Derulo Bateganya Gukorana Indirimbo Nshya
Entertainment

Diamond Platnumz na Jason Derulo Bateganya Gukorana Indirimbo Nshya

Diamond Platnumz yishimiye ko azakorana na Jason Derulo ku ndirimbo nshya, byemejwe nyuma y’ikiganiro kuri Instagram.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
1 2