Sign In Subscribe

Your trusted source for breaking news and in-depth analysis

⚡ Breaking
Language:
NEW

Zimwe mu mpamvu abahanga badakunze guhirwa mu rugendo rw’urukundo

Lazizi News · Category

Sports

Sports news and updates

55 Articles Updated daily
Top Story

👑 ARSENAL YEGUKANYE IGIKOMBE CYA PREMIER LEAGUE 2025/26

Esther Uwiduhaye · May 25, 2026

Featured Stories

Filter:
Sort by:
👑 ARSENAL YEGUKANYE IGIKOMBE CYA PREMIER LEAGUE 2025/26
Sports

👑 ARSENAL YEGUKANYE IGIKOMBE CYA PREMIER LEAGUE 2025/26

Ku wa 24 Gicurasi 2026, habaye amateka akomeye muri ruhago y’u Bwongereza aho ikipe ya Arsenal yegukanye igikombe cya shampiyona nyuma yo gusoza umwaka w’imikino wa 2025/26 iri ku mwanya wa mbere.

Esther Uwiduhaye·May 25, 2026
1 min
Abakinnyi b’ibihangange mu Bwongereza batunguwe basigwa inyuma na Thomas Tuchel ku rutonde rw’Igikombe cy’Isi cya 2026.
Sports

Abakinnyi b’ibihangange mu Bwongereza batunguwe basigwa inyuma na Thomas Tuchel ku rutonde rw’Igikombe cy’Isi cya 2026.

Cole Palmer, Phil Foden na Trent Alexander-Arnold ntabwo bagiye kwerekeza mu Gikombe cy’Isi nyuma y’aho umutoza mukuru w’Ubwongereza, Thomas Tuchel, atabashyize kurutonde rw’abakinnyi 26 mu buryo bwatunguye benshi.

Esther Uwiduhaye·May 22, 2026
1 min
Cristiano Ronaldo na Al Nassr begukanye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite 2026
Sports

Cristiano Ronaldo na Al Nassr begukanye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite 2026

Cristiano Ronaldo yegukanye igikombe cye cya mbere muri Saudi Pro League ari kumwe na Al Nassr, nyuma yo gutsinda Damac 4-1 ku wa 21 Gicurasi 2026.

Esther Uwiduhaye·May 22, 2026
1 min
Arsenal iri ku ntera yo kwegukana Premier League, inafite amaso kuri Final ya Champions League.
Sports

Arsenal iri ku ntera yo kwegukana Premier League, inafite amaso kuri Final ya Champions League.

Ikipe ya Arsenal FC ikomeje kwegera igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza nyuma yo gutsinda Burnley igitego 1-0 mu mukino wari ukomeye cyane. Iyi ntsinzi yasize ikipe ya Mikel Arteta iri hafi cyane yo kwegukana Premier League bwa mbere nyuma y’imyaka 22.

Esther Uwiduhaye·May 19, 2026
2 min
Rayon Sports yongeye kwigarurira abafana, PSG na Arsenal zandika amateka muri Champions League
Sports

Rayon Sports yongeye kwigarurira abafana, PSG na Arsenal zandika amateka muri Champions League

Weekend ya tariki 9-10 Gicurasi 2026 yasize abakunzi ba siporo mu byishimo no mu marangamutima atandukanye nyuma y’imikino ikomeye yabereye mu Rwanda no ku rwego mpuzamahanga. Rayon Sports yongeye kwiyunga n’abafana bayo nyuma yo gutsinda Marine FC, mu gihe APR FC yahuye n’intsinzwi ikomeye imbere ya Al Hilal Omdurman. Ku ruhando mpuzamahanga, PSG na Arsenal zageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, ibintu byakuruye impaka n’ibyishimo ku bakunzi ba ruhago ku Isi.

Esther Uwiduhaye·May 12, 2026
3 min
Weekend y’udushya muri sport: Intambara z’ibikombe, amanota n’intsinzi zikomeye!
Sports

Weekend y’udushya muri sport: Intambara z’ibikombe, amanota n’intsinzi zikomeye!

Mu Rwanda, shampiyona yakomeje gushyuha aho APR FC na Rayon Sports zanganyije 1-1, Al Hilal ikomeza kuyobora, naho AS Kigali y’abagore yegukana igikombe ku nshuro ya 10 yikurikiranya. Muri volleyball na basketball, amakipe nka REG VC na Police VC akomeje knitwear neza mu marushanwa akomeye ari kubera i Kigali. Mu mahanga, FC Barcelona iri hafi kwegukana La Liga, Arsenal iyoboye shampiyona y’ubwongereza , naho Inter Milan yamaze kwegukana Serie A nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya nyuma.

Esther Uwiduhaye·May 4, 2026
4 min
FC Barcelona Star Lamine Yamal Ruled Out for Season After Hamstring Injury.
Sports

FC Barcelona Star Lamine Yamal Ruled Out for Season After Hamstring Injury.

Lamine Yamal will miss the rest of the season after suffering a hamstring injury during a match against Celta Vigo. The young FC Barcelona star is expected to recover in 5–6 weeks, giving hope he could still return in time to represent Spain national football team at the 2026 World Cup, although his fitness remains uncertain.

Esther Uwiduhaye·April 29, 2026
2 min
Neymar yongeye kutitabira umukino ku isabukuru ya mushiki we.
Sports

Neymar yongeye kutitabira umukino ku isabukuru ya mushiki we.

Neymar Jr ntiyitabiriye umukino wa Santos FC ku isabukuru ya mushiki we kubera imvune n’umunaniro w’imikaya, ibintu byateje impaka mu bafana.

Niyubahwe Gilbert·March 13, 2026
2 min
 Byinshi ku mukino wa Arsenal na PSG
Sports

Byinshi ku mukino wa Arsenal na PSG

Kuri 7 Gicurasi 2025, Arsenal irasura Paris Saint-Germain (PSG) mu mukino wo kwishyura wa 1/2 UEFA Champions League kuri Stade Parc des Princes, Paris. PSG ifite igitego 1-0 yatsinze i Londres mu mukino ubanza, cyatsinzwe na Ousmane Dembélé.

Niyubahwe Gilbert·January 12, 2026
2 min
Umuti ku mukino wahuje BUGESERA FC na RAYON SPORTS wavuguswe
Sports

Umuti ku mukino wahuje BUGESERA FC na RAYON SPORTS wavuguswe

Nyuma y’imvururu mu mukino w’umunsi wa 28 wa Rwanda Premier League hagati ya Bugesera FC na Rayon Sports wabereye kuri Stade ya Bugesera ku wa 17 Gicurasi 2025, umukino wahagaritswe ku munota wa 57 ubwo Bugesera FC yari iyoboye 2-0, igitego cya kabiri cyatsinzwe na Umar Abba kuri penaliti cyateje abafana gutera amabuye mu kibuga. Ku wa 19 Gicurasi 2025, FERWAFA yanzuye ko umukino uzongera gukinwa ku wa Gatatu, ukomereza ku munota wa 57, nta bafana bazaba bahari, uretse abagize komite nyobozi y’amakipe.

Niyubahwe Gilbert·January 12, 2026
1 min
Rayon sports yatsinzwe na Bugesera FC mu mukino usubukuye.
Sports

Rayon sports yatsinzwe na Bugesera FC mu mukino usubukuye.

Nyuma yo gusubukura umukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona wasubitswe kubera imvururu, ku 21/05/2025, Bugesera FC yakiriye Rayon Sports kuri Stade ya Bugesera. Ku munota wa 85′, Bugingo Hakim yatsinze igitego cya Rayon Sports ku mupira wahinduwe na Innocent Assana, umunyezamu Habineza Fils ntiyabashije kuwurinda. Umukino urangiye Bugesera FC itsinze 2-1 Rayon Sports.

Niyubahwe Gilbert·January 12, 2026
1 min
Kigali Yiteguye kwakira isiganwa ry’amaguru (Marato) mpuzamahanga ry’amahoro ku nshuro ya 20
Sports

Kigali Yiteguye kwakira isiganwa ry’amaguru (Marato) mpuzamahanga ry’amahoro ku nshuro ya 20

Umujyi wa Kigali witeguye kwakira ku nshuro ya 20 Marato Mpuzamahanga y’Amahoro tariki 8 Kamena 2025, ifite insanganyamatsiko igira iti: “Kuzana Isi i Kigali no Kujyana Kigali mu Isi”. Iri rushanwa rigamije guteza imbere amahoro, ubumwe n’imibanire myiza hagati y’ibihugu binyuze muri siporo.

Niyubahwe Gilbert·January 12, 2026
2 min
Ikipe ya Chelsea ku mukino wa nyuma wa UEFA Conference League
Sports

Ikipe ya Chelsea ku mukino wa nyuma wa UEFA Conference League

Ikipe ya Chelsea iraza gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’i Burayi ihura na Real Betis yo muri Esipanye, umukino uzabera kuri Stadio de Wrocław muri Polonye, utangire saa tatu z’ijoro ku isaha y’u Rwanda.

Niyubahwe Gilbert·January 12, 2026
1 min
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi azifashisha
Sports

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi azifashisha

Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi, Adel Amrouche, yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 27 azifashisha mu mikino ibiri ya gicuti izahuza u Rwanda n’ikipe y’igihugu ya Algeria (Les Fennecs).

Niyubahwe Gilbert·January 12, 2026
2 min
Urugendo rw’imyaka 8 hagati ya Visit Rwanda na Arsenal ruzarangira 2026.
Sports

Urugendo rw’imyaka 8 hagati ya Visit Rwanda na Arsenal ruzarangira 2026.

NSHIMIYIMANA David·November 19, 2025
1 min
Emmanuel Imanishimwe yongerewe mu bakinnyi Bazakina na Benin na Afurika y'Epfo
Sports

Emmanuel Imanishimwe yongerewe mu bakinnyi Bazakina na Benin na Afurika y'Epfo

NSHIMIYIMANA David·October 15, 2025
2 min
Perezida wa FERWAFA Shema Fabrice yasuye abakinnyi mu mwiherero w’ikipe y’igihugu.
Sports

Perezida wa FERWAFA Shema Fabrice yasuye abakinnyi mu mwiherero w’ikipe y’igihugu.

Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yasuye abakinnyi b’Amavubi bari mu mwiherero abashishikariza gukomeza guharanira intsinzi, cyane cyane batsinda Benin, mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. U Rwanda ruzakira Benin ku wa 10 Ukwakira 2025 saa 18h00 kuri Stade Amahoro. Amavubi ari mu itsinda C ari ku mwanya wa 4 n’amanota 11, mu gihe Benin na Afurika y’Epfo bayoboye n’amanota 14, Nigeria ikagira 11. Amahirwe yo kujya mu Gikombe cy’Isi aragoye kuko n’iyo u Rwanda rwatsinda imikino yose rusigaje rwagera ku manota 17, atakwemerera kuba mu makipe ya kabiri meza, bityo hakenewe ko Benin na Afurika y’Epfo batsikira.

Niyubahwe Gilbert·October 9, 2025
2 min
Uko amakipe asoje umunsi wa gatatu muri Rwanda Premier League mbere ya “International Break”
Sports

Uko amakipe asoje umunsi wa gatatu muri Rwanda Premier League mbere ya “International Break”

Police FC ni yo iyoboye shampiyona n’amanota 9/9 nyuma yo gutsinda imikino itatu yose, igaragaza ko ishobora guhatanira igikombe. Marines FC iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 6 mu mikino ibiri, ikomeje gutungurana. APR FC imaze gukina umukino umwe gusa kubera amarushanwa nyafurika, ifite amanota 3 ariko igifite imikino myinshi izakinwa nyuma. Andi makipe nka Gorilla FC, Bugesera FC, Gasogi United na Mukura VS ari hagati mu rutonde n’amanota hafi ya 5, bigaragaza ko shampiyona ikiri hafi cyane. International break izaha Amavubi umwanya wo kwitegura umukino wa Benin, inafashe amakipe ya shampiyona gusuzuma imikinire yayo no gukosora amakosa. Icyiciro gikurikiraho gitegerejweho imikino ishyushye n’udushya twinshi.

Niyubahwe Gilbert·October 6, 2025
2 min
Yahanishijwe gusifura umukino w’abagore nyuma yo guhabwa ikarita itukura.
Sports

Yahanishijwe gusifura umukino w’abagore nyuma yo guhabwa ikarita itukura.

Kerem Demirbay yahanishijwe gusiba imikino nyuma yo gusuzugura umusifuzi w’umugore, yaje gusaba imbabazi, kandi ikipe ye imwigishije uburinganire

Niyubahwe Gilbert·September 29, 2025
2 min
Turi intare nta bwoba dufite abakinnyi ba APR FC batangiye guhiga.
Sports

Turi intare nta bwoba dufite abakinnyi ba APR FC batangiye guhiga.

Niyubahwe Gilbert·September 24, 2025
2 min
1 2 3