Sign In Subscribe

Your trusted source for breaking news and in-depth analysis

⚡ Breaking
Language:
NEW

Megan Blain yagaragaje ingaruka uruhu rwe ruri kugira kubwo gukoresha sunbeds

Lazizi News · Category

Entertainment

Entertainment and celebrity news

22 Articles Updated daily
Top Story

Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi.

Esther Uwiduhaye · May 19, 2026

Featured Stories

Filter:
Sort by:
Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi.
Entertainment

Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi.

Umuhanzi nyarwanda Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yatawe muri yombi na RIB akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa, gutera ubwoba ndetse n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge. Afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje.

Esther Uwiduhaye·May 19, 2026
1 min
Christopher na Chris Eazy bagejeje ikirego muri RIB
Entertainment

Christopher na Chris Eazy bagejeje ikirego muri RIB

Abahanzi Christopher na Chriss Eazy batanze ikirego muri RIB nyuma yo kwibwa ibikoresho byabo birimo mudasobwa ebyiri na telefoni ubwo bari barimo kurangiza amashusho y’indirimbo “Sekoma”.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
CarCarbaba niyo yatanze imodoka muri Kigali Peace Marathon kunshuro ya 19.
Entertainment

CarCarbaba niyo yatanze imodoka muri Kigali Peace Marathon kunshuro ya 19.

Imodoka ya kompanyi Carcarbaba, icuruza imodoka nshya kandi zigezweho, yakoze amateka yo kuyobora isiganwa rya Kigali International Peace Marathon ku nshuro ya gatatu, iba iya mbere ibikoze mu Rwanda. Ibi byabaye ku 9 Kamena mu isiganwa rya 19 ry’iyi marathon ngarukamwaka ryabereye i Kigali. Iyo modoka, ya Forthing Friday, ikoresha amashanyarazi 100% kandi ishobora kugenda ibilometero 410 yuzuye, yashimishije benshi kubera isura yayo n’ikoranabuhanga riyirimo, ikaba yaragize uruhare mu kuyobora abakinnyi no kugaragaza amakuru y’isiganwa.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Umukobwa ufite ikibuno kinini kw'Isi
Entertainment

Umukobwa ufite ikibuno kinini kw'Isi

Gracie Bon, umunyamideli wo muri Panama wavutse 1994, azwi ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere ye idasanzwe n’icyizere yigirira, cyane cyane mu mafoto yambaye bikini.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Urugendo rwa Alyn Sano mu guhanga indirimbo ‘Say Less'
Entertainment

Urugendo rwa Alyn Sano mu guhanga indirimbo ‘Say Less'

Indirimbo “Say Less” ya Alyn Sano yasohotse mu 2022, yakoranywe na Sat B na Fik Fameica, aho yahuye n’impanuka ariko akayirangiza.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Igisupusupu na Agnès bashimagiza Kagame mu ndirimbo nshya
Entertainment

Igisupusupu na Agnès bashimagiza Kagame mu ndirimbo nshya

Igisupusupu na Agnès bakoze indirimbo “Ikipe Itsinda” ishyigikira Perezida Kagame mu matora ya 2024, igaragaza ibikorwa bye n’uruhare rwe mu iterambere ry’u Rwanda.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Ubukwe budasazwe mu gihugu cya Afurika y’Epfo
Entertainment

Ubukwe budasazwe mu gihugu cya Afurika y’Epfo

Itorero IPHC ryateguye ubukwe rusange bw’abantu 55 harimo n’abari muri poligami.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
2 min
DJ Dizzo witeguraga kwibaruka yasanze umwana atari uwe
Entertainment

DJ Dizzo witeguraga kwibaruka yasanze umwana atari uwe

Ibizamini bya ADN byemeje ko DJ Dizzo atari se w’umwana yizeraga ko ari uwe.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
2 min
Diamond Platnumz na Jason Derulo Bateganya Gukorana Indirimbo Nshya
Entertainment

Diamond Platnumz na Jason Derulo Bateganya Gukorana Indirimbo Nshya

Diamond Platnumz yishimiye ko azakorana na Jason Derulo ku ndirimbo nshya, byemejwe nyuma y’ikiganiro kuri Instagram.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
1 min
Ibikorwa bya ‘Premier Betting’ byahagaritswe mu Rwanda
Entertainment

Ibikorwa bya ‘Premier Betting’ byahagaritswe mu Rwanda

Premier Betting yahagaritswe mu Rwanda, abakiriya basabwa kubikuza amafaranga yabo.

Esther Uwiduhaye·January 7, 2026
2 min
Umuhanzi ukomeye mu birori byo guha ikipe ya APR FC igikombe
Entertainment

Umuhanzi ukomeye mu birori byo guha ikipe ya APR FC igikombe

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Jose Chameleon ategerejwe kuririmba mu birori byo guha APR FC igikombe cya shampiyona biteganyijwe ku wa 28 Gicurasi 2025. Ibi bibaye nyuma y’igitaramo aherutse gukorera i Kigali muri BK Arena, aho yasusurukije Abanyarwanda.

Esther Uwiduhaye·January 5, 2026
1 min
Jeff Bezos na Lauren Sánchez mu myiteguro y’ubukwe bw’ikinyejana i Venice
Entertainment

Jeff Bezos na Lauren Sánchez mu myiteguro y’ubukwe bw’ikinyejana i Venice

Jeff Bezos na Lauren Sánchez bitegura ubukwe muri Venice muri Kamena 2025, buzatabirwa n’abashyitsi 200.

Esther Uwiduhaye·January 5, 2026
1 min
Gisagara Urugero rw’Ibishoboka
Entertainment

Gisagara Urugero rw’Ibishoboka

Ku wa 29 Kamena 2025, habaye iserukiramuco “Gisagara Urugero rw’Ibishoboka” ryahurije urubyiruko n’abaturage mu guteza imbere impano no kwigirira icyizere. Isiganwa ry’amagare n’ibirori by’umuco byatanzweho ibihembo byashimiye umuhate w’abitabiriye.

Esther Uwiduhaye·January 5, 2026
1 min
Tariki 2 Nyakanga umunsi wahariwe gutebya
Entertainment

Tariki 2 Nyakanga umunsi wahariwe gutebya

Umunsi Mpuzamahanga wo Gutebya wizihizwa ku ya 2 Nyakanga, ugamije guteza imbere igitwenge.

Esther Uwiduhaye·January 5, 2026
2 min
Katy Perry na Orlando Bloom Bemeye Gutandukana
Entertainment

Katy Perry na Orlando Bloom Bemeye Gutandukana

Katy Perry na Orlando Bloom batandukanye bafatanya kurera umwana wabo Daisy mu rukundo n’ubwubahane

Esther Uwiduhaye·January 3, 2026
2 min
Umunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja uzwi nka Teacher Mpamire, yageze i Kigali
Entertainment

Umunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja uzwi nka Teacher Mpamire, yageze i Kigali

Teacher Mpamire w’Umunyarwenya ukomeye wo muri Uganda yageze i Kigali kwitabira Genz Comedy Show iteganyijwe ku wa 10 Nyakanga 2025 muri Camp Kigali, aho yasezeranyije Abanyarwanda urwenya rudasanzwe

Esther Uwiduhaye·January 3, 2026
1 min
Bill Gates yavuye ku rutonde rw’Abaherwe 10 ba mbere kw’isi
Entertainment

Bill Gates yavuye ku rutonde rw’Abaherwe 10 ba mbere kw’isi

Bill Gates yavuye mu baherwe 10 ba mbere ku isi nyuma yo gutakaza 30% by’umutungo we bitewe n’impano nyinshi, asimburwa na Steve Ballmer, mu gihe ateganya gutanga hafi umutungo we wose mu bikorwa by’ubugiraneza.

Esther Uwiduhaye·January 3, 2026
2 min
Burna Boy yasabye imbabazi ku magambo yatangaje yitandukanya na Afrobeats
Entertainment

Burna Boy yasabye imbabazi ku magambo yatangaje yitandukanya na Afrobeats

Burna Boy yasabye imbabazi ku magambo yavugiye muri 2023 yitandukanya n’Afrobeats, asobanura ko atari ameze neza mu mutwe, nyuma yaje kwemera Afrobeats no gusohora album ye nshya “No Sign of Weakness”.

Esther Uwiduhaye·January 3, 2026
2 min
Umuhanzi w’icyamamare mu itsinda Iron Maiden, Paul Mario Day, yapfuye
Entertainment

Umuhanzi w’icyamamare mu itsinda Iron Maiden, Paul Mario Day, yapfuye

Paul Mario Day, washinze Iron Maiden akaba n’umuririmbyi wayo wa mbere, yitabye Imana afite imyaka 69, asize umusanzu ukomeye mu gutangiza no guteza imbere Heavy Metal ku rwego mpuzamahanga.

Esther Uwiduhaye·January 3, 2026
1 min
Icyumba cya Rap Icyiciro cya 2 n'igitaramo kigarukanye imbaraga no gukangura RAP nyarwanda.
Entertainment

Icyumba cya Rap Icyiciro cya 2 n'igitaramo kigarukanye imbaraga no gukangura RAP nyarwanda.

Icyumba cya Rap icyiciro cya 2 kizabera muri Zaria Court ku wa 26 Ukuboza 2025, kigaragaza abaraperi bashya n’abasanzwe, kiganire no ku iterambere rya RAP nyarwanda.

Esther Uwiduhaye·December 25, 2025
3 min
1 2