Sign In Subscribe

Your trusted source for breaking news and in-depth analysis

⚡ Breaking
Language:
NEW

Iran yahagaritse imikoranire n’agashami ka UN gashinzwe intwaro za kirimbuzi

Lazizi News · Category

Politics

Political news and analysis

132 Articles Updated daily
Top Story

Sena y’u Rwanda igenzura uko imitwe ya politiki yubahiriza amategeko.

Carine NIYAKIRE · January 5, 2026

Featured Stories

Filter:
Sort by:
Sena y’u Rwanda igenzura uko imitwe ya politiki yubahiriza amategeko.
Politics

Sena y’u Rwanda igenzura uko imitwe ya politiki yubahiriza amategeko.

Sena y’u Rwanda iragenzura imikorere y’imitwe ya politiki kugira ngo hubahirizwe amategeko n’imiyoborere myiza.

Carine NIYAKIRE·January 5, 2026
1 min
Joseph Kabila yatangaje gusubira m'ubutegetsi bwa Congo
Politics

Joseph Kabila yatangaje gusubira m'ubutegetsi bwa Congo

Joseph Kabila yatangaje ko yiteguye gusubira mu butegetsi bwa Congo kugira ngo arinde abaturage no gusubiza agaciro ka Leta, nubwo ashinjwa gukorana na AFC/M23.

Carine NIYAKIRE·January 5, 2026
2 min
Ihuriro AFC/M23 riratanga impuruza ku bitero byagabwe
Politics

Ihuriro AFC/M23 riratanga impuruza ku bitero byagabwe

AFC/M23 yatangaje ko ku wa 19 Nzeri 2025 ingabo za RDC zagabye ibitero bikomeye mu bice bituwe, bituma abaturage bimurwa ku ngufu. Ibi bikorwa byatangajwe nyuma y’umuhango wo kwakira abasirikare bashya barenga 7,000.

Carine NIYAKIRE·January 5, 2026
1 min
Umuhungu wa Perezida Kagame mu bagiye kwinjira mu ngabo z’u Rwanda
Politics

Umuhungu wa Perezida Kagame mu bagiye kwinjira mu ngabo z’u Rwanda

Brian Kagame, umuhungu wa Perezida Kagame, yarahiriye gukorera mu Ngabo z’u Rwanda nyuma yo kurangiza amasomo ya gisirikare.

Carine NIYAKIRE·January 5, 2026
1 min
umutekano ku isonga mu byiciro bishimwa n’abaturage muri CRC 2025
Politics

umutekano ku isonga mu byiciro bishimwa n’abaturage muri CRC 2025

CRC 2025 yerekanye ko abaturage banyuzwe n’imiyoborere, ariko ubutaka n’ibidukikije biracyakeneye kunozwa.

Carine NIYAKIRE·January 5, 2026
1 min
Umutekano ku isonga mu byiciro bishimwa n’abaturage muri CRC 2025
Politics

Umutekano ku isonga mu byiciro bishimwa n’abaturage muri CRC 2025

Ubushakashatsi bwa Citizen Report Card 2025 bugaragaza ko 76,7% by’abaturage banyuzwe n’imiyoborere na serivisi z’inzego zibegereye. Umutekano ni wo waje ku isonga (92,1%), ukurikirwa n’imiyoborere y’inzego z’ibanze (90,1%) n’uruhare rw’abaturage (88,2%). Gusa ubutaka, imiturire n’ibidukikije byagaragaje amanota make (65,7%).

Niyikora Leah·November 19, 2025
1 min
Umuhungu wa Perezida Kagame mu bagiye kwinjira mu ngabo z’u Rwanda
Politics

Umuhungu wa Perezida Kagame mu bagiye kwinjira mu ngabo z’u Rwanda

Brian Kagame, bucura bwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, yinjiye mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) ari umwe mu basirikare 42 bize amasomo ya gisirikare hanze, ndetse agira uruhare mu cyiciro cya 12 cy’abahuguriwe mu Ishuri rya Gisirikare rya Gako.

Niyubahwe Gilbert·October 3, 2025
1 min
Ku nshuro ya 24 abagize Inama y’igihugu y’abagore bahuriye mu nama isanzwe y’Igihugu y’abagore
Politics

Ku nshuro ya 24 abagize Inama y’igihugu y’abagore bahuriye mu nama isanzwe y’Igihugu y’abagore

U Rwanda rukomeje kuyobora isi mu kugira abagore benshi mu Nteko Ishinga Amategeko, bangana na 63.75%. Mu nama ya 24 y’Inama y’Igihugu y’Abagore yabaye ku wa 19 Nzeri 2025, hibanzwe ku ruhare rw’abagore mu NST2, kurwanya ihohoterwa no kwitabira imiyoborere. Minisitiri Uwimana Consolée yashimye uruhare rwabo mu iterambere n’imibereho myiza.

Niyikora Leah·September 19, 2025
1 min
Ihuriro AFC/M23 riratanga impuruza ku bitero byagabwe
Politics

Ihuriro AFC/M23 riratanga impuruza ku bitero byagabwe

Ubu ni ubutumwa Ihuriro AFC/M23 ritanga kenshi bagaragaza Ibikorwa by’intambara n’ubwicanyi biyobowe na Leta ya Kinshasa iyobowe na Felix Antoine Tshisekedi.

Niyikora Leah·September 19, 2025
1 min
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Azerbaijan: U Rwanda rushaka kwigira kuri ASAN Service kwegereza abaturage serivise
Politics

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Azerbaijan: U Rwanda rushaka kwigira kuri ASAN Service kwegereza abaturage serivise

Perezida Paul Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Repubulika ya Azerbaijan kuva ku wa 19 Nzeri 2025. Yageze i Baku yakirwa ku mugaragaro n’abayobozi bakuru b’icyo gihugu, anasura Alley of Honor aho yashyize indabyo ku mva za Heydar Aliyev n’abandi bayobozi bakomeye. Uru ruzinduko rugaragazwa nk’urufite ireme kuko rushingiye ku gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi, byombi bihuriye ku ntego yo guteza imbere abaturage binyuze mu miyoborere myiza, ubucuruzi n’ikoranabuhanga.

Carine NIYAKIRE·September 19, 2025
2 min
RDC- Uwahoze ari perezida Joseph KABILA KABANGE yatangaje ko yiteguye kongera kuyobora.
Politics

RDC- Uwahoze ari perezida Joseph KABILA KABANGE yatangaje ko yiteguye kongera kuyobora.

Joseph Kabila Kabange, wayoboye RDC kuva 2001–2019, yatangaje ko yiteguye kongera kuyobora igihugu kubera amacakubiri n’intambara byakomeje kwiyongera. Avuga ko yasize ubutegetsi yubahirije Itegeko Nshinga ariko ashinja umusimbuye kunanirwa. Leta ya Kinshasa iyobowe na Félix Tshisekedi imushinja kugambana no kwifatanya na AFC/M23.

Niyikora Leah·September 14, 2025
2 min
RDC-Uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera yakatiwe
Politics

RDC-Uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera yakatiwe

Ku wa 02 Nzeri 2025, Urukiko Rusesa Imanza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) rwakatiye Constant Mutamba, wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera, icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta ungana na miliyoni 19 z’amadolari ya Amerika yari agenewe umushinga wa Kisangani. Yategetswe gusubiza ayo mafaranga Leta, akatirwa imyaka itatu y’imirimo ifitiye igihugu akamaro (imirimo nsimburagifungo), ndetse akwamburwa uburenganzira bwo gutora no gutorwa mu gihe cy’imyaka itanu.

Niyubahwe Gilbert·September 2, 2025
1 min
Perezida wa Mozambique yasabye ko habaho urujya n’uruza rw’indege hagati ya Mozambique n’u Rwanda
Politics

Perezida wa Mozambique yasabye ko habaho urujya n’uruza rw’indege hagati ya Mozambique n’u Rwanda

Iyo nama yitabiriwe n’abayobozi bakuru b’urwego rw’abikorera mu Rwanda, ikaba yari umwanya wo kuganira ku mahirwe mashya y’ubucuruzi n’ishoramari hagati ya Kigali na Maputo. Perezida Chapo yavuze ko hakenewe ihuriro ry’indege hagati y’ibihugu byombi kugira ngo byorohereze ingendo n’ubucuruzi, anagaragaza ibyiciro by’ingenzi byo gukoreramo ubufatanye birimo ubuhinzi, ingufu, ubwikorezi, inganda, ubukerarugendo n’ubukungu bwo mu mazi. Umuyobozi Mukuru wa RDB, Jean Guy Afrika, yavuze ko amasezerano mashya y’ubufatanye hagati ya RDB n’Ikigo cya Mozambique gishinzwe Ishoramari n’Ubucuruzi, yashyizweho umukono ku wa 27 Kanama, azafasha urwego rw’abikorera gusangira ubunararibonye, guteza imbere inganda n’iminyururu y’agaciro, no gukurura abashoramari ku rwego rw’isi. Ubufatanye bugamije guhanga imirimo ku rubyiruko n’abagore, guteza imbere ubukungu, no kongera uruhare rw’ibihugu byombi mu iterambere rya Afurika no ku rwego mpuzamahanga.

Carine NIYAKIRE·August 28, 2025
3 min
Abanyarwanda n’aba Antigua na Barbuda bagiye kujya bagenderana nta viza
Politics

Abanyarwanda n’aba Antigua na Barbuda bagiye kujya bagenderana nta viza

U Rwanda na Antigua na Barbuda byasinyanye amasezerano yo gukuriraho viza, agamije koroshya ingendo no guteza imbere ubuhahirane n’ubukungu hagati y’ibihugu byombi.

Carine NIYAKIRE·August 16, 2025
1 min
Sena y’u Rwanda mu gikorwa cyo kugenzura uko imitwe ya politiki yubahiriza amategeko
Politics

Sena y’u Rwanda mu gikorwa cyo kugenzura uko imitwe ya politiki yubahiriza amategeko

Sena y’u Rwanda, binyuze muri Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere, yatangiye kugenzura imikorere y’imitwe ya politiki yemewe harebwa iyubahirizwa ry’amategeko. Iri genzura rikorwa binyuze mu biganiro n’abayobozi b’imitwe no gusesengura inyandiko zayo, hagamijwe guteza imbere imiyoborere myiza, demokarasi, ubumwe n’ubwiyunge by’Abanyarwanda.

Niyikora Leah·July 28, 2025
1 min
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul KAGAME yashyizeho Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta n’abandi Bayobozi Bakuru
Politics

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul KAGAME yashyizeho Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta n’abandi Bayobozi Bakuru

Ku wa 24 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya igizwe n’Abaminisitiri 21, Abanyamabanga ba Leta 10 n’abandi bayobozi bakuru 4, nyuma yo gushyiraho Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva. Habayemo impinduka zirimo Dominique Habimana muri MINALOC, Bernadette Arakwiye mu bidukikije n’abandi bayobozi bashya mu nzego zitandukanye.

Niyikora Leah·July 24, 2025
2 min
Dr. Justin Nsengiyumva ni we minisitiri w’intebe mushya w’u Rwanda
Politics

Dr. Justin Nsengiyumva ni we minisitiri w’intebe mushya w’u Rwanda

Ku wa 23 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe mushya, asimbuye Dr. Édouard Ngirente. Nsengiyumva ni impuguke mu bukungu n’imari ya Leta, wahoze ari Umuyobozi Wungirije wa BNR n’umujyanama muri MINECOFIN. Azwiho ubunyangamugayo, igenamigambi rishingiye ku ntego no guteza imbere iterambere rirambye ry’igihugu.

Niyikora Leah·July 24, 2025
1 min
Dominique Habimana yagizwe Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu: Umusanzu w’imyaka myinshi mu miyoborere y’inzego z’ibanze
Politics

Dominique Habimana yagizwe Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu: Umusanzu w’imyaka myinshi mu miyoborere y’inzego z’ibanze

Dominique Habimana ni umuyobozi ufite uburambe burenga imyaka 15 mu miyoborere y’inzego z’ibanze n’iterambere. Yabaye Umunyamabanga Mukuru wa RALGA kuva Kamena 2024, anakora muri MINALOC n’inzego mpuzamahanga. Nk’umuyobozi wa MINALOC, azibanda ku miyoborere yegereye abaturage, kunoza serivisi z’ibanze no guteza imbere imiyoborere ibereye abaturage.

Niyikora Leah·July 24, 2025
2 min
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi basoje inshingano mu Rwanda
Politics

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi basoje inshingano mu Rwanda

Ku wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro ba Ambasaderi babiri basoje inshingano zabo mu Rwanda, ari bo Antoine Anfré w’u Bufaransa na Hazza Mohammed Falah Kharsan AlQahtani w’UAE. Perezida Kagame yashimiye aba bayobozi uruhare bagize mu guteza imbere umubano w’u Rwanda n’ibihugu byabo, harimo uburezi, ubukungu, ishoramari, ubukerarugendo n’ikoranabuhanga. Yabifurije ishya n’ihirwe mu nshingano nshya, anizeza ko u Rwanda ruzakomeza gukorana nabo mu gushimangira umubano ushingiye ku nyungu rusange n’ubwubahane.

Carine NIYAKIRE·July 24, 2025
1 min
Inama y’abaminisitiri yemeje amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC, Impiduka mu buyobozi
Politics

Inama y’abaminisitiri yemeje amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC, Impiduka mu buyobozi

Ku wa 16 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri mu Village Urugwiro, aho hafatwaga imyanzuro y’ingenzi ku mutekano n’iterambere. Harimo kwemeza amasezerano y’amahoro na RDC (27 Kamena 2025), gutegura itegeko ryemeza ayo masezerano, gushyigikira impushya nshya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, no gushyiraho abayobozi bashya: Hortense Mudenge nka CEO wa KIFC na Amb. Vincent Karega muri Algeria. Ibi bizateza imbere umutekano, ishoramari n’imikoranire ya dipolomasiy.

Niyikora Leah·July 17, 2025
2 min