Sign In Subscribe

Your trusted source for breaking news and in-depth analysis

⚡ Breaking
Language:
NEW

Gukundana n’umunyapolitiki ukomeye: urukundo rufite icyerekezo cyangwa umuzigo w’ubuzima?

Lazizi News · Category

International

International news and events

81 Articles Updated daily
Top Story

Elon Musk yicuza amagambo mabi yavuze kuri Donald Trump

isingizwe benitha · June 11, 2025

Featured Stories

Filter:
Sort by:
Isirayeli yagabye ibitero bya gisirikare muri Irani
International

Isirayeli yagabye ibitero bya gisirikare muri Irani

Ku ya 13 Kamena 2025, Isirayeli yagabye igitero gikomeye ku nganda za nikleyeri n’ibigo bya gisirikare muri Iran, gisiga Tehran yangiritse, aho bamwe mu bayobozi bakuru b’ingabo n’abahanga mu bya nikleyeri bapfuye. Igitero cyagambiriwe guhagarika gahunda ya Iran yo gukora intwaro za nikleyeri, bitera impungenge ku mutekano w’akarere.

isingizwe benitha·June 13, 2025
1 min
Indege ya Air India yajyaga i London yahanutse i Ahmedabad
International

Indege ya Air India yajyaga i London yahanutse i Ahmedabad

Ku wa 12 Kamena 2025, indege ya Air India yari itwaye abantu 242 yakoze impanuka hafi y’ikibuga cy’indege cya Ahmedabad mu Buhinde, igatera umuriro n’umwotsi mwinshi.

isingizwe benitha·June 12, 2025
2 min
Elon Musk yicuza amagambo mabi yavuze kuri Donald Trump
International

Elon Musk yicuza amagambo mabi yavuze kuri Donald Trump

Elon Musk yasabye imbabazi Perezida Donald Trump nyuma yo gutanga amagambo akaze yamunenze, avuga ko yari yararenze urugero. Ibi byakurikiwe n’amahoro mu itumanaho ryabo, bigatanga icyizere cyo kugabanya amakimbirane no kugira ingaruka nziza ku ishoramari n’ubukungu.

isingizwe benitha·June 11, 2025
2 min
Umubare w’abarwaye COVID-19 Mu Buhinde urenze 5,000
International

Umubare w’abarwaye COVID-19 Mu Buhinde urenze 5,000

Mu Buhinde, abanduye COVID-19 bageze ku 5,235, benshi bari mu kato mu ngo zabo, cyane cyane muri Kerala, Delhi na West Bengal. Nubwo imibare izamuka, abenshi bafite ibimenyetso bidakomeye, kandi leta irakomeje gukurikirana icyorezo.

isingizwe benitha·June 7, 2025
1 min
Perezida Trump na Elon Musk mu ntambara y’amagambo ku mugaragaro
International

Perezida Trump na Elon Musk mu ntambara y’amagambo ku mugaragaro

Umubano hagati ya Donald Trump na Elon Musk wacitse nyuma y’uko Musk anenze umushinga w’itegeko rya Trump “One Big Beautiful Bill”, awita urupfu ku bukungu no ku bikorwa bya Leta.

isingizwe benitha·June 6, 2025
2 min
Abanya-Koreya y’Epfo batangiye gutora Perezida mushya mu matora Yihutirwa
International

Abanya-Koreya y’Epfo batangiye gutora Perezida mushya mu matora Yihutirwa

Abaturage ba Koreya y’Epfo batangiye gutora mu matora yihutirwa yo guhitamo Perezida mushya nyuma y’amezi atandatu y’ibibazo bya politiki. Lee Jae-myung wo mu ishyaka rya Demokarasi afite amahirwe menshi yo gutsinda, ahanganye na Kim Moon-soo wa People Power Party. Ibisubizo by’amatora biteganyijwe mu ijoro cyangwa mu gitondo gikurikira.

isingizwe benitha·June 3, 2025
2 min
Elon Musk yasezeye mu buyobozi bwa Donald Trump
International

Elon Musk yasezeye mu buyobozi bwa Donald Trump

Elon Musk yatangaje ko asoje igihe yari amaranye inshingano zo kuyobora ishami rya Leta rya DOGE mu buyobozi bwa Perezida Donald Trump.

isingizwe benitha·May 29, 2025
2 min
Joseph Kabila yaganiriye n’abahagarariye amadini
International

Joseph Kabila yaganiriye n’abahagarariye amadini

Joseph Kabila, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (2001–2019), yasuye Goma ku itariki ya 26 Gicurasi 2025, aho yagiranye ibiganiro n’abahagarariye amadini n’ihuriro AFC/M23 mu rwego rwo gutanga umusanzu ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

isingizwe benitha·May 26, 2025
1 min
Ambasaderi w’Ubudage muri Uganda arashinjwa uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi
International

Ambasaderi w’Ubudage muri Uganda arashinjwa uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyahagaritse ubufatanye bwacyo n’ingabo z’Ubudage, gishinja Ambasaderi w’Ubudage muri Uganda, Mathias Schauer, gukorana n’imitwe igamije guhungabanya umutekano w’igihugu. UPDF ivuga ko iperereza ry’ubutasi ryagaragaje ko yaba atanga inkunga ku mitwe y’inyeshyamba, cyane cyane mu gihe Uganda yitegura amatora ya 2026. Ubudage ntiburagira icyo butangaza kuri ibi birego.

isingizwe benitha·May 26, 2025
1 min
Joseph KABILA KABANGE yamaze kugera I Goma
International

Joseph KABILA KABANGE yamaze kugera I Goma

Uwahoze ari Perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange, yamaze kugera mu mujyi wa Goma ugenzurwa n’ihuriro AFC/M23. Aya makuru yemejwe n’abavugizi ba AFC/M23, bavuze ko yageze mu bice bavuga ko byabohowe, banamwifuriza ikaze mu burasirazuba bwa Congo.

isingizwe benitha·May 26, 2025
1 min
Twitege iki ku ruzinduko rw’umwami Charles III muri Canada?
International

Twitege iki ku ruzinduko rw’umwami Charles III muri Canada?

Umwami Charles III azagirira Canada uruzinduko rw’iminsi ibiri aho azageza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko, aherekejwe n’Umwamikazi Camilla. Uru ruzinduko rufite igisobanuro gikomeye kubera amagambo ya Donald Trump yifuza ko Canada yaba leta ya 51 ya Amerika, igitekerezo cyamaganwe n’abaturage ba Canada n’ubuyobozi bwa Minisitiri w’Intebe Mark Carney, wavuze ko Canada itazigera yemera ibyo gushotorwa.

isingizwe benitha·May 26, 2025
1 min
Gen.M Kainerugaba yagaye indeshyo ya Ambasaderi woherejwe muri Uganda
International

Gen.M Kainerugaba yagaye indeshyo ya Ambasaderi woherejwe muri Uganda

Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko atumva impamvu Ubudage bwohereje Ambasaderi mugufi muri Uganda, nyamara buvugwa nk’igihugu gifite abaturage barebare. Ibi yabivuze mu butumwa kuri X, agaragaza ko byamutangaje kubona Umudage mugufi ahagararira igihugu cye muri Uganda, mu mvugo yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga.

isingizwe benitha·May 26, 2025
1 min
AFC/M23 yateye utwatsi ibinyoma by’umukozi wa MONUSCO na Leta ya Kinshasa
International

AFC/M23 yateye utwatsi ibinyoma by’umukozi wa MONUSCO na Leta ya Kinshasa

AFC/M23 yanyomoje amagambo ya Teohna Williams wa MONUSCO wavuze ko umutekano wa Goma warushijeho kuba mubi nyuma yo kubohorwa.

isingizwe benitha·May 25, 2025
1 min
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yabitswe Ari muzima n’abari binjiriye konti ya Polisi ya X
International

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yabitswe Ari muzima n’abari binjiriye konti ya Polisi ya X

Konti ya Polisi ya Tanzania (Tanpol) yinjiriwe n’abataramenyekana bagatangaza ibihuha ko Perezida Samia Suluhu Hassan yapfuye.

isingizwe benitha·May 21, 2025
1 min
9 baguye mu gitero cya Drones
International

9 baguye mu gitero cya Drones

Mu karere ka Sumy mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Ukraine, abantu 9 bishwe abandi 4 barakomereka mu gitero cy’indege zidafite abapilote (drone) ku bisi y’abagenzi hafi ya Bilopillia. Iki gitero cyabaye nyuma y’amasaha make ibiganiro by’amahoro hagati ya Ukraine na Uburusiya byatangiriye i Istanbul bidashoboye kugera ku ntego. Uburusiya ntacyo bwatangaje ku gitero.

isingizwe benitha·May 17, 2025
1 min
Ubudage bwiteguye kongera ingengo y’imari ya gisirikare nyuma y’igitutu cya Donald Trump
International

Ubudage bwiteguye kongera ingengo y’imari ya gisirikare nyuma y’igitutu cya Donald Trump

Ubudage bwatangaje ko bwiteguye kongera ingengo y’imari y’igisirikare kugera kuri 5% bya GDP, mu rwego rwo gukurikiza icyifuzo cya Donald Trump cyo kuzamura amafaranga y’ibihugu bya NATO mu gisirikare. Icyo gitekerezo cyakunze gutavugwaho rumwe mu Bayobozi b’Ubudage, bamwe bavuga ko bizatwara miliyari 200 z’amayero buri mwaka, mu gihe abandi basanga ari ngombwa kugira ngo Ubudage bwubake igisirikare gikomeye mu Burayi.

isingizwe benitha·May 15, 2025
1 min
Ese Trump ashobora guhabwa indege “Air Force One” nk’impano?
International

Ese Trump ashobora guhabwa indege “Air Force One” nk’impano?

isingizwe benitha·May 13, 2025
1 min
USA: Impano Qatar yahaye Trump yateje impagarara
International

USA: Impano Qatar yahaye Trump yateje impagarara

Donald Trump yakiriye impano y’indege ya Boeing 747-8 ifite agaciro ka $400 miliyoni yoherejwe n’umuryango w’ubwami wa Qatar, izakoreshwa by’agateganyo nka Air Force One mbere yo kujya muri Trump Presidential Library. Iyi mpano yateje impaka mu banyapolitiki n’abasesenguzi b’amategeko kuko bashidikanya ko ishobora kurenga ku Itegeko Nshinga (Foreign Emoluments Clause) no kugira ingaruka ku bwigenge bw’igihugu. Kongere irimo gusuzuma niba hakenewe iperereza ku byerekeye iyi mpano.

isingizwe benitha·May 13, 2025
2 min
Utazimenyekanisha ku bushake azahura n’isanganya rikomeye ry’ibihano mu buryo bwose
International

Utazimenyekanisha ku bushake azahura n’isanganya rikomeye ry’ibihano mu buryo bwose

Perezida Donald Trump yashyizeho gahunda yo kohereza abimukira binjiye muri USA mu buryo butemewe kugaragaza ko bagomba gusubira mu bihugu byabo.

isingizwe benitha·May 10, 2025
1 min
Imirimo yo muri Amerika yiyongera kurenza uko byari byitezwe
International

Imirimo yo muri Amerika yiyongera kurenza uko byari byitezwe

Mu kwezi kwa Mata, abakoresha muri Amerika bongeyeho imirimo 177.000, n’ubwo ubushomeri bwagumye kuri 4.2%. Ibi byerekana ko isoko ry’umurimo rikomeje gukora neza, n’ubwo hari imvururu mu bucuruzi kubera imisoro mishya ku bicuruzwa byinjira mu gihugu byatangajwe na Trump. Inzobere zivuga ko izo mpinduka z’imisoro zizafata igihe kugira ngo zigaragaze ingaruka ku bukungu.

isingizwe benitha·May 5, 2025
1 min