Sign In Subscribe

Your trusted source for breaking news and in-depth analysis

⚡ Breaking
Language:
NEW

Rayon Sports yabonye umufatanyabikorwa mushya

Lazizi News · Category

Health & Fitness

Health, wellness, and fitness news

58 Articles Updated daily
Top Story

ALOPECIA UNIVERSALIS ni indwara ituma umubiri wose ubura umusatsi

Bayana Bliss · June 1, 2025

Featured Stories

Filter:
Sort by:
Ibyo wamenya ku rumuri rwa telefoni n’amaso yawe
Health & Fitness

Ibyo wamenya ku rumuri rwa telefoni n’amaso yawe

Urumuri rwa telefoni rushobora kunaniza amaso no kugabanya ibitotsi, abaganga bakaba basaba gukoresha night mode no gufata akaruhuko k’iminota 20

Bayana Bliss·July 8, 2025
1 min
Megan Blain yagaragaje ingaruka uruhu rwe ruri kugira kubwo gukoresha sunbeds
Health & Fitness

Megan Blain yagaragaje ingaruka uruhu rwe ruri kugira kubwo gukoresha sunbeds

Umukobwa w’imyaka cumi n’umunane witwa Megan Blain wo mu Bwongereza yagaragaje ingaruka zikomeye z’uburwayi bw’uruhu nyuma yo gukoresha kenshi imashini zongera ibara ry’izuba bita sunbeds n’inshinge zihindura uruhu. Nubwo yatangiye kugaragaza utubumbe n’uduce twahinduye ibara bishobora kuvamo kanseri y’uruhu uyu mukobwa yemeye ko byamubereye nk’imbata ku buryo kugabanya inshuro abikora bimugora cyane. Inzego z’ubuzima nka Cancer Research UK ziburira abantu cyane cyane urubyiruko kwirinda izi mashini kuko zongera ibyago byo kurwara melanoma ari yo kanseri y’uruhu yica vuba bityo bakagirwa inama yo gukoresha uburyo bw’amavuta yizewe atangiza umubiri.

Bayana Bliss·July 8, 2025
2 min
Imibanire myiza ifasha kuramba no kugira ubuzima bwiza
Health & Fitness

Imibanire myiza ifasha kuramba no kugira ubuzima bwiza

Ubushakashatsi bwa OMS bwerekanye ko imibanire myiza igabanya ibyago byo gupfa. OMS isaba kongera guhura no gukundana mu miryango n’amashuri.

Bayana Bliss·July 7, 2025
3 min
Ni Gute Umugore Utwite Yabungabunga Ubuzima bw’Umwana Uri mu Nda?
Health & Fitness

Ni Gute Umugore Utwite Yabungabunga Ubuzima bw’Umwana Uri mu Nda?

Kugira amagara mazima mu gihe cyo gutwita bisaba kurya indyo yuzuye ikungahaye kuri vitamine D no gukora imyitozo ngororamubiri yoroshye ifasha umubiri gukomera. Ni ingenzi kuryamira urubavu no gukurikirana iminyeganyego y’umwana ndetse no kwita ku buzima bwo mu mutwe ufatanyije n’abaganga. Ku rundi ruhande umugore utwite agomba kwirinda kurya byinshi birenze urugero cyangwa gutoranya indyo kuko bishobora gutera umubyibuho ukabije cyangwa kubura intungamubiri. Kwirinda itabi n’ibisindisha ni itegeko kugira ngo umwana atavuka imburagihe cyangwa ngo agire ibindi bibazo by’ubuzima bityo kwitabira inkingo n’izindi gahunda za muganga bikaba inkingi ya mwamba mu rugendo rwo kubyara neza.

Bayana Bliss·July 7, 2025
3 min
Abagore benshi barimo gusohora amafaranga menshi kugira ngo bongere amabere mu ibanga
Health & Fitness

Abagore benshi barimo gusohora amafaranga menshi kugira ngo bongere amabere mu ibanga

Abagore benshi muri Leta zunze Ubumwe za Amerika batangiye guhitamo amabere mato kandi akomeye asimbura implants nini, bagamije kugaragara neza no kwigirira icyizere mu buryo karemano.

Bayana Bliss·July 4, 2025
2 min
Inyama Zitunganijwe mu Nganda Ntizitekanye ku Buzima
Health & Fitness

Inyama Zitunganijwe mu Nganda Ntizitekanye ku Buzima

Ubushakashatsi bwa Global Burden of Disease bwerekanye ko inyama zitunganyirizwa mu nganda nka sausages na bacon zishobora guteza kanseri n’indwara z’umutima, n’iyo zarya nkeya.

Bayana Bliss·July 3, 2025
3 min
Uko ubushyuhe bukabije mu gihe cy’izuba bugira ingaruka ku buzima n’uko wakwifata
Health & Fitness

Uko ubushyuhe bukabije mu gihe cy’izuba bugira ingaruka ku buzima n’uko wakwifata

Ubushyuhe bukabije mu bihe by’izuba bushobora guteza ibibazo bikomeye nk’umuvuduko w’amaraso uhindagurika n’indwara ya heat stroke ishobora guhitana umuntu. Raporo ya WHO yo mu mwaka wa bibiri na makumyabiri n’itanu igaragaza ko abana bato n'abakuze ari bo bafite ibyago byinshi byo kwibasirwa n’ubu bushyuhe bushobora no guhungabanya imitekerereze n’imyitwarire. Kugira ngo abantu bagume banyeganyega basabwa kunywa amazi menshi no kwirinda gusohoka hagati ya saa yine za mu gitondo na saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Ni ingenzi gukoresha imyenda yoroheje no gukonjesha amazu hakoreshejwe akayaga cyangwa gufunga amadirishya mu masaha y’ubushyuhe bwinshi kugira ngo umubiri ugumane ubukonje. Inzego z’ubuzima kandi zishishikariza abantu gufashanya cyane cyane bita ku batishoboye n’abarwayi mu rwego rwo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe.

Bayana Bliss·July 2, 2025
3 min
Ubuzima umugore utwite akwiriye kubaho
Health & Fitness

Ubuzima umugore utwite akwiriye kubaho

Umugore utwite akenera kwitabwaho by'umwihariko binyuze mu kurya indyo yuzuye ikungahaye kuri folic acid n'imyunyungunyu ndetse no kunywa amazi ahagije kugira ngo umwana akure neza. Abahanga mu by'ubuzima bagira inama ababyeyi kugana kwa muganga nibura inshuro umunani mu gihe cy'inda kugira ngo bakurikiranwe kandi bahabwe ubujyanama bukwiriye ku mpinduka z'umubiri n'amarangamutima. Gukora imyitozo ngororamubiri yoroshye, kuruhuka bihagije baryamiye urubavu rw'ibumoso, no kwirinda imyanda n'ibiryo bidahiye neza ni inkingi za mwamba mu kurinda ubuzima bw'umubyeyi n'umwana. Isano riri hagati y'ubuzima bwo mu mutwe n'ubw'umubiri isaba ko umugore utwite ashyigikirwa n'umuryango akagira ituze ryamufasha kubyara umwana muzima ufite icyizere cy'ejo hazaza.

Bayana Bliss·July 2, 2025
4 min
Ni Bande Batemerewe Gukora Imyitozo Ngororamubiri?
Health & Fitness

Ni Bande Batemerewe Gukora Imyitozo Ngororamubiri?

Gukora imyitozo ngororamubiri n’ubwo yaba iminota mike ku munsi bifite akamaro kenshi birimo kugumana ibiro byiza kurinda indwara z’umutima diyabete n’umuvuduko w’amaraso. Usibye ubuzima bw’umubiri imyitozo ifasha mu kugabanya stress gutuma umuntu asinzira neza no kongera ibyishimo binyuze mu bikorwa byoroshye nko kugenda n’amaguru kubyina cyangwa gukora isuku mu rugo. Ntabwo bisaba ahantu hihariye kuko n’iyo ikirere cyaba kibi ushobora kwifashisha ikoranabuhanga ukaba wakorera imyitozo mu nzu. Icyakora abafite uburwayi bw’umutima cyangwa ibikomere bagirwa inama yo kubanza kugana kwa muganga kugira ngo bamenye ubwoko bw’imyitozo bubakwiriye batishize mu kaga.

Bayana Bliss·July 1, 2025
2 min
Ubwonko bwawe bushobora gusaza vuba kurusha uko ubyibwira
Health & Fitness

Ubwonko bwawe bushobora gusaza vuba kurusha uko ubyibwira

Ubwonko bushobora gusaza mbere y’umubiri, ariko indyo, imyitozo, kwitekerezaho, no kwirinda stress bifasha kubukinga; AI n’ibizamini bishya bifasha gutahura Alzheimer hakiri kare.

Bayana Bliss·July 1, 2025
3 min
 Ese koko n’Ingenzi Cyane Kunywa Amazi Buri Munsi?
Health & Fitness

Ese koko n’Ingenzi Cyane Kunywa Amazi Buri Munsi?

Kunywa amazi ahagije muri ibi bihe by’ubushyuhe bwinshi ni ingenzi kuko afasha umubiri gusohora imyanda no kugabanya ubushyuhe bitandukanye n’ibinyobwa birimo isukari nka soda. Inzobere mu mirire zivuga ko abagabo bakeneye litiro eshatu ku munsi naho abagore bakenera litiro ebyiri n’igice ariko abagore batwite n’abonsa bagasabwa kunywa menshi kurushaho. Nubwo ibinyobwa by’abakinnyi cyangwa ikawa bishobora gutuma umubiri ubona amazi amazi asanzwe niyo meza kuko atarimo isukari cyangwa kafeyine ishobora gutera umutwe n’ikibazo cy’ibitotsi. Kugira ngo amazi arusheho kugira umumaro ushobora kongeramo indimu cyangwa cocombure ariko ukirinda kuyanywa menshi cyane birenze urugero kugira ngo bitangiza imyunyungunyu y’umubiri.

Bayana Bliss·July 1, 2025
2 min
 Indwara n’urupfu bitwibutsa ko ubwiza, imbaraga n’ubuhanga byose bizashira
Health & Fitness

Indwara n’urupfu bitwibutsa ko ubwiza, imbaraga n’ubuhanga byose bizashira

Ubuzima bw’umubiri burahindagurika kandi ntibwizewe burundu, bityo abantu bagirwa inama yo kwiringira Imana no gukoresha ubuzima neza bafasha abandi.

Bayana Bliss·June 25, 2025
2 min
Uko indwara y'umutima yandura, ibiyitera, uko ivurwa n’inama zo kwirinda
Health & Fitness

Uko indwara y'umutima yandura, ibiyitera, uko ivurwa n’inama zo kwirinda

Umutima urindwa n’imirire myiza, imyitozo, no kwirinda stress, kuko imibereho mibi itera indwara ziwuhutaza.

Bayana Bliss·June 24, 2025
3 min
Rwanda FDA yahagaritse itumizwa, ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’ibinini byitwa RELIEF
Health & Fitness

Rwanda FDA yahagaritse itumizwa, ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’ibinini byitwa RELIEF

Tariki ya 11 Kamena 2025 Rwanda FDA yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo itumizwa ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’imiti y’ibinini yitwa RELIEF

Bayana Bliss·June 11, 2025
1 min
ALOPECIA UNIVERSALIS ni indwara ituma umubiri wose ubura umusatsi
Health & Fitness

ALOPECIA UNIVERSALIS ni indwara ituma umubiri wose ubura umusatsi

Pierluigi Collina wahoze ari umusifuzi w’umupira wa maguru afite indwara ya Alopecia Universalis

Bayana Bliss·June 1, 2025
2 min
Kayonza hubatswe umudugudu w’icyitegererezo w’abaturage bari batuye ahantu habi
Health & Fitness

Kayonza hubatswe umudugudu w’icyitegererezo w’abaturage bari batuye ahantu habi

Mu kagari ka Nkondo hubatswe umudugudu w’icyitegererezo utuza abaturage ahateje umutekano muke, ubaha inzu zigezweho n’ibikorwaremezo, bishimwa n’abahatujwe.

Bayana Bliss·June 1, 2025
1 min
Imyaka 20 abeshya abarwayi
Health & Fitness

Imyaka 20 abeshya abarwayi

Umuganga wo muri Leta ya Texas witwa Dr Jorge Zamora Quezada yamaze imyaka myinshi abeshya abarwayi ko barwaye indwara zikomeye akabaha imiti itari ngombwa kugira ngo abone uko yaka amafaranga menshi ibigo by’ubwishingizi bw’ubuzima Iyi myitwarire yamwinjirije amafaranga arenga miliyoni 118 z’amadolari y’Amerika yayakoresheje mu buzima buhenze Uyu muganga yakatiwe gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo guhohotera abarwayi no kunyereza amafaranga mu gihe cy’imyaka irenga 18.

Bayana Bliss·May 26, 2025
1 min
Ingaruka zo gukoresha imiti nabi
Health & Fitness

Ingaruka zo gukoresha imiti nabi

Inkuru igaragaza ko kunywa igice cy’umuti nka Amoxicillin ari ikosa rikomeye ku buzima kuko umuti udafashwe uko wateganyijwe utica burundu udukoko twateye indwara, bigatuma indwara itakira neza cyangwa ikagaruka ikaze. Gufata dose idahagije bituma udukoko tumenyera umuti tukawurwanya, bikabyara ikibazo cya antibiotic resistance gituma imiti isanzwe itakongera gukora. Nubwo umurwayi ashobora kumva yorohewe by’igihe gito, indwara iba igihari kandi ishobora kumusaba ubuvuzi bukomeye kandi buhenze nyuma. Ni ngombwa ko abarwayi bafata imiti yuzuye nk’uko biteganyijwe kandi farumasi zigahagarika guha abantu imiti ituzuye, kuko kwivuza nabi ari ukwihutisha ingaruka mbi ku buzima bw’umuntu ku giti cye n’ubuzima rusange.

Bayana Bliss·February 1, 2025
2 min
1 2 3