Iki cyemezo kiri mu rwego rwo gutangira kuvugurura ikipe mbere y’umwaka mushya w’imikino. Amakuru aturuka hafi y’iyi kipe avuga ko hashobora no kuba impinduka mu batoza, nubwo ubuyobozi bwa Police FC butaratangaza icyo kibazo ku mugaragaro.
Mu bakinnyi basoje amasezerano ariko bakomeje ibiganiro n’iyi kipe harimo Nsabimana Eric ndetse na Ishimwe Christian. Ubuyobozi bwa Police FC bukomeje gukora isesengura ku musaruro w’abandi bakinnyi barangije amasezerano kugira ngo hamenyekane abazongerwa n’abazatandukana n’iyi kipe.
Police FC yarekuye abakinnyi batandatu barimo Byiringiro Lague
Ubuyobozi bwa Police FC bwatangaje ko bwatandukanye n’abakinnyi batandatu basoje amasezerano yabo muri iyi kipe nyuma yo gusoza shampiyona ya 2025/26 iri ku mwanya wa kane. Mu barekuwe harimo Byiringiro Lague, Richard Kilongozi Bazombwa, Ani Elijah, Henry Msanga, Allan Kateregga na Chimezie.
EU
Esther Uwiduhaye
📅 June 9, 2026, 8:08 AM
·
⏱ 1 min
·
👁 36 views
Share:
Join the Discussion
Related Articles
Sports
Reyon Sport yageze kumucyino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup
Esther Uwiduhaye · August 5, 2026
Sports
Myugariro wa Atlético Madrid, Robin Le Normand, ari mu Rwanda
Esther Uwiduhaye · June 19, 2026
Sports
Rayon Sports yabonye umufatanyabikorwa mushya
Esther Uwiduhaye · June 19, 2026
Sports
Igikombe cy’Isi 2026 cyatangiranye ibirori bidasanzwe n’amakarita atatu atukura
Esther Uwiduhaye · June 12, 2026
Sports
Amateka mashya ashobora kwandikwa n'ibihangange by'umupira w'amaguru
Esther Uwiduhaye · June 11, 2026
Sports
Real Madrid yiteguye gukora amateka igura umukinnyi ku giciro kitari cyarigeze gitangwa
Esther Uwiduhaye · June 9, 2026