NTAMWALIMU UTARIZE KAMINUZA UZONGERA KWIGISHA MU MASHURI ABANZA.
Mu mavugurura mashya ateganijwe muburezi bw’urwanda batangaje ko byibura umurezi uzajya atanga amasomo Muma Shuri Abaza agomba nibura kuba byibura yarize kaminuza.
Nimpinduka ikigo cy’urwanda gishinjwe uburezi bwibanze REB cyivugako zigamije kuzamura ireme ry’uburezi cyane cyane kurwego rw’ishingiro aho abana bigira gusoma,kwandika no kubara.
Ubuyobozi bwa RIB buvuga ko gahunda yarisanzweho Yogutegura abalimu mumashuli nderabarezi itagihagije kuko imyaka itatu yonyine yigwaga nyuma ya tolokome itakijyanye nibicyenewe kugirango umwalimu atange uburezi bufite ireme Mu Rwanda . Bitya Urwego REB rukomeza ruvugako kwigisha mumashulin abanza bizajya bisaba impanya bumenyi yakaminuza nkuko bimeze no Mubindi bihugu byo mu karere.
Izimpinduka zije zijyana nandimavugurura muburezi harimo gahunda shya ya learning passways aho leta ivugako byose bigamije kubaka umunyeshuli ufite ubumenyi bukomeye butangirira kumusingi mwiza.
Ni cyerekezo u Rwanda kujyamo cyo kugira abalimu bafite ubumenyi buhambaye.