Rwanda rwahawe miliyoni 300 z’amadolari y’inkunga iva mu kigega mpuzamahanga cy’iterambere cya OPEC Fund Economy

Rwanda rwahawe miliyoni 300 z’amadolari y’inkunga iva mu kigega mpuzamahanga cy’iterambere cya OPEC Fund

By Niyikora Leah • April 5, 2025 • 2 min

U Rwanda rwasinye amasezerano y’inkunga ya miliyoni 300 z’amadolari ya Amerika na OPEC Fund azakoreshwa kuva 2025–2028 mu bikorwa remezo, serivisi shingiro, ubucuruzi n’ishoramari. Aya masezerano yashyiriweho umukono i Vienna, ashimangira ubufatanye burambye. OPEC Fund imaze gutera inkunga u Rwanda arenga miliyoni 352$, bigaragaza icyizere mu miyoborere n’iterambere ry’igihugu.

Umushinga wa Akon wo kubaka umujyi wa miliyari 6$ muri Senegal wahagaritswe Economy

Umushinga wa Akon wo kubaka umujyi wa miliyari 6$ muri Senegal wahagaritswe

By Niyikora Leah • December 12, 2024 • 2 min

Mu 2020, Akon yatangaje umushinga wa Akon City muri Senegal, ufite agaciro ka miliyari 6$, ugamije kubaka umujyi w’ikoranabuhanga n’ingufu zisubira. Gusa kugeza mu 2024, nta bikorwa bifatika byigeze bigaragara uretse inyubako nto. Leta ya Senegal yagaragaje impungenge, ivuga ko ishobora kwisubiza ubutaka kubera kubura imari, igenamigambi n’ishyirwa mu bikorwa bifatika, bituma uwo mushinga ugaragara nk’inzozi zitagezweho.