News
gusukura imihanda no gukuraho dodani imyiteguro ya UCI i Kigali irakataje
mu rwego rwo kwitegura UCI Road World Championships 2025,u Rwanda byumwihariko mumujyi wa Kigali ibikorwa by’imyiteguro…
Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda Amavubi yamaze kugera muri Afurika Yepfo aho igiye gukina umukino wa 8 wo gushaka itike y’igikombe cy’isi.
Abakinnyi bo hagati bamaze kugera muri Afurika Yepfo. Ikipe y’igihugu y’U Rwanda “Amavubi”yasesekaye muri Africa y’Epfo…
Umwana wishyimye mu muryango utekanye, intego za Hello Kids Ihumure Club
Kigali, 6 Nzeri 2025 – Abana 104 bibumbiye muri Hello Kids Ihumure Club, barimo abavuye mu…
Amataliki umukino wa APR FC na Pyramids uzakinirwaho yamenyekanye.
Umukino wa mbere wa CAF Champions League hagati ya APR FC na Pyramids FC uzabera kuri…
Akanyamuneza ni kose mu ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo kwishyurwa umwenda.
Perezida wa FERWAFA Shema Ngoga Fabrice yabwiye abakinnyi n’abatoza b’Amavubi ko mbere yo gukina na Nigeria…
Ibyishimo ni byinshi muri Gikundiro nyuma y’uko rutahizamu wayo yagarutse.
Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, yongeye kugaragara mu myitozo nyuma y’amezi arindwi adakina kubera imvune…
Lamptey yatandukanye na APR FC.
Umunye Ghana Richmond Lamptey yatandukanye na APR FC yerekeza mu cyiciro cya mbere muri Libya mu…
abarimo Michelle yeoh na yemi alade bazita amazina ingagi
uyu mwaka abatoranyijwe kwita amazina ingagi baturutse mu mpande zitandukanye z’isi barimo ibyamamare, abayobozi mpuzamahanga, abashakashatsi,…
ingagi 40 nizo zizahabwa amazina mumuhango wo kwita izina
ku wa gatanu tariki ya 5 nzeri 2025, ku misozi yegereye pariki y’igihugu y’ibirunga, hazabera ku…