Umujyi wa Kigali uramenyesha abagenzi bose ko, mu rwego rwo kuborohereza ingendo mu minsi mikuru isoza umwaka n’itangira uwushya, hateganyijwe gahunda yihariye yo gutwara abagenzi.byumwihariko umujyi wa Kigali urashishikariza abifuza gukora ingendo mugihe cy’iminsi mikuru ko bashaka ama tike(ticket) hakiri kare murwego rwo kwirinda umuvundo.
