APR FC yasinyishije umukinnyi mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire William Togui Mel, uyu akaba ari rutahizamu uzajya…
Category: SIPORO
APR FC yemeje bidasubirwaho ko yasinyishije myugariro wo hagati, Nduwayo Alexis wakiniraga Gasogi United.
APR FC yatangaje ko yasinyishije umukinnyi ukiri muto witwa Nduwayo Alexis wasinye amasezerano y’imyaka ine akina…
Yasambanije Abakobwa benshi, none yatawe muri yombi.
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Iran witwa REZA PARASTESH akaba agaragara nk’umukinnyi rurangiranwa w’umupira w’amaguru Lionnel…
Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri.
Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy w’imyaka 23 wakiniraga Rukunzo FC yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri. Nibibona…
Biramahire Abeddy Christophe yasinye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports
Uyu musore w’imyaka 26 yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’uko amasezerano y’amezi atandatu…
Abahoze bakinira PSG, Jay-Jay Okocha na Didier Domi bageze i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi itanu
Kigali, 7 Nyakanga 2025 — Abahoze bakinira Paris Saint-Germain (PSG), Jay-Jay Okocha na Didier Domi, bageze…
Mbappé yigaragaje mu buryo budasanzwe Real Madrid itsinda Borussia Dortmund 3-2
Nubwo yari akiva mu bitaro kubera indwara ya gastroenteritis yamutwaye ibiro bigera kuri 5, Kylian Mbappé…
Chelsea na Aston Villa Bahaniwe Kurenga ku Mategeko y’Imari ya UEFA
Amakipe ya Chelsea na Aston Villa yo mu Bwongereza yahanwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA)…
Thomas Partey yarezwe ibyaha byo gufata ku ngufu abagore batatu mu Bwongereza
Thomas Partey, umukinnyi wo hagati w’umunya-Ghana wahoze akinira ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, yarezwe ibyaha…
Rayon sports yamaze gusinyisha babiri
Ikipe ya Rayon sports yamaze gusinyisha abakinnyi babiri mu rwego rwo kwitegura neza umwaka w’imikino wa…