Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda Amavubi yamaze kugera muri Afurika Yepfo aho igiye gukina umukino wa 8 wo gushaka itike y’igikombe cy’isi.

Abakinnyi bo hagati bamaze kugera muri Afurika Yepfo. Ikipe y’igihugu y’U Rwanda “Amavubi”yasesekaye muri Africa y’Epfo…

Amataliki umukino wa APR FC na Pyramids uzakinirwaho yamenyekanye.

Umukino wa mbere wa CAF Champions League hagati ya APR FC na Pyramids FC uzabera kuri…

Akanyamuneza ni kose mu ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo kwishyurwa umwenda.

Perezida wa FERWAFA Shema Ngoga Fabrice yabwiye abakinnyi n’abatoza b’Amavubi ko mbere yo gukina na Nigeria…

Ibyishimo ni byinshi muri Gikundiro nyuma y’uko rutahizamu wayo yagarutse.

Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, yongeye kugaragara mu myitozo nyuma y’amezi arindwi adakina kubera imvune…

Lamptey yatandukanye na APR FC.

Umunye Ghana Richmond Lamptey yatandukanye na APR FC yerekeza mu cyiciro cya mbere muri Libya mu…

Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal Bacary Sagna yamaze kugera mu Rwanda.

Bacary Sagna yaje mu rw’imisozi igihumbi muri gahunda yo “Kwita Izina” abana bashya b’ingagi iteganyijwe mu…

APR FC yongeye gutombora Pyramids  yo mu Misiri!

Amakipe azahagararira u Rwanda mu marushanwa ategurwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika CAF yamaze kumenya amakipe…

Uko abakinnyi b’abanyarwanda bakina hanze bari kwitwara.

Reka duhere kuri rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Biramahire Abeddy ukinira Ikipe ya ES Setiff yo muri…

Gikundiro yamuritse umwambaro wo mu rugo bazifashisha umwaka utaha w’imikino wa 2025/26.

Rayon Sports yamuritse umwambaro wa mbere uwo bazajya bambara mu rugo mu mwaka w’imikino 2025-2026. Uyu…

Amabaruwa aracicikana muri Gikundiro.

Komite Nyobozi ya Rayon Sports ihagarariwe na Twagirayezu Thaddée yasubije ibaruwa yari yandikiwe n’Urwego rw’Ikirenga rwayo…