Imvura idasazwe muri Kerala, Ubuhinde burasaba Pakisitani gufata abashijwa iterabwoba mbere y’ibiganiro

Ubukungu bw’u Buhinde bushobora kugabanuka ku gipimo cya 6.5% muri 2024–2025, akaba ari bwo ubukungu bwaba…

ECOWAS yizihije isabukuru y’imyaka 50

Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wizihije isabukuru y’imyaka 50 ushinzwe, mu birori byabereye…

Bugesera: Inama nyunguranabitekerezo ku byavuye mu bushakashatsi ku mi bereho y’ingo ku rwego rw’intara.

Kuri uyu wa Mbere, tariki 26 Gicurasi 2026 mu Karere ka Bugesera hateraniye inama nyunguranabitekerezo yo…

Abanyafurika nibo bafite igisubizo ku bibazo by’umutekano wabo -Perezida Paul KAGAME

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME atangiza ISCA i Kigali. Ni inama yatangirijwe I Kigali n’umukuru…

U Rwanda Rushobora Kwandika Amateka Mashya Nirwakira Amashami Amwe ya Loni

U Rwanda ruri mu nzira nziza yo kwinjira mu mateka mashya, nyuma y’uko rwagaragaje ubushake bwo…

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya kabiri cy’Abanyarwanda 796 bari baragizwe ingwate na FDLR

Kuri uyu wa 19 Gicurasi 2025 U Rwanda rwakiriye icyiciro cya kabiri cy’Abanyarwanda 796 bari baragizwe…

Umuhanda Kigali-Muhanga wakuwe mu ngengo y’Imari ya 2025-2026

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, yatangaje ko igikorwa cyo kubaka umuhanda uva Kigali ujya Muhanga kokitazakorwa muri gahunda…

u Rwanda na Amerika mu biganiro byo kwakira Abimukira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier NDUHUNGIREHE, yatangaje ko u Rwanda ruri mu ntangiriro y’ibiganiro n’ubuyobozi…

Perezida wa Guinea yahuye n’Abaturage be baba mu Rwanda

Perezida wa Guinea, Gen. Mamadi Doumbouya yabonanye n’abaturage b’igihugu cye baba mu Rwanda, bakaba bagaragaje ko…

EAC: Umuryango uhuza ibihugu mu guteza imbere ubukungu n’imibereho y’abaturage

East African Community (EAC) ni umuryango ugizwe n’ibihugu byo mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba, washinzwe hagamijwe guteza…