Umutingito wabaye mu Buyapani ushyirwa mu majwi n’ibyahanuwe na Baba Vanga

Mu bice by’amajyepfo y’Ubuyapani, hatangajwe inkuru y’umutingito wa magnitudo 5.5 wabaye kuri uyu wa Kane, tariki…

Abatuye i Crete batangiye kwimurwa ku bwinshi nyuma y’uko inkongi y’umuriro itagishoboye kugenzurwa

Mu kirwa cya Crete kiri muri Grèce, hatangiye igikorwa kinini cyo kwimura abaturage n’abakerarugendo nyuma y’uko…

Abantu 4 bamaze gupfa, 30 baracyashakishwa nyuma y’uko ferry irohamye mu nyanja hafi y’ikirwa cya Bali

Mu gihugu cya Indonesia, haravugwa inkuru ibabaje y’abantu bapfiriye mu nyanja abandi bakaba bagishakishwa, nyuma y’uko…

Trump yatangaje ko Israel yemeye ibisabwa kugira ngo habeho ihagarikwa ry’intambara muri Gaza

Ku wa kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald…

Umugabo witwaje icyuma yishe umuntu umwe, akomeretsa abandi batatu mu Budage

Mu gihugu cy’u Budage, ahitwa Mellrichstadt mu Ntara ya Bavaria, hagabwe igitero kuri uyu wa Kabiri…

Ubushyamirane bwa Politiki muri Zambiya bugaragaza ko nta bwubahane nyuma y’urupfu

Mu gihugu cya Zambiya, urupfu rw’uwahoze ari Perezida, Edgar Chagwa Lungu, rwagaragaje ko politiki yo muri…

Ubwato butwara imizigo burimo imodoka 3,000 harimo 800 z’amashanyarazi, bwarohamye mu Nyanja ya Pacifique

Ubwato bwari butwaye imizigo burimo imodoka zigera ku 3,000, harimo 800 za mashanyarazi, bwarohamye nyuma yo…

ibihugu bitabura kugirwaho ingaruka n’intambara ya Iran na Israel

Intambara hagati ya Iran na Israel iri kugira ingaruka zikomeye ku bihugu byinshi byo mu Burengerazuba…

U Bwongereza bwahuruje ku byago by’izamuka ry’intambara nyuma y’ibitero bya Amerika kuri Iran

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, yatangaje ko hari ibyago bikomeye by’uko intambara yakwiyongera mu…

Ubudage bugiye gushyira misile ku ndege yihuta cyane izajya mu isanzure

Mu imurikagurisha mpuzamahanga ry’indege rya Paris Air Show, sosiyete ebyiri zikomeye z’Abadage, Diehl Defence na POLARIS…