Trump yashimye Perezida wa Liberia kuvuga icyongereza neza bitera impaka ku mugabane wa Afrika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, uburyo…

Trump Yasubitse Imisoro ku Bicuruzwa biva mu Buyapani na Koreya y’Epfo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yongeye gusubika ishyirwa mu bikorwa…

Linda Yaccarino yeguye ku buyobozi bwa X, urubuga rwa Elon Musk, nyuma y’imyaka ibiri

Linda Yaccarino, wari Umuyobozi Mukuru (CEO) w’urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, yeguye ku mirimo ye…

Abantu 9 bapfiriye mu mpanuka ikomeye y’ikiraro cyaguye muri Gujarat, imodoka zigwa mu mugezi

Mu gace ka Padra taluka mu karere ka Vadodara, muri Leta ya Gujarat mu Burengerazuba bw’u…

Yapfuye amaze gutanga ubutumwa ku muryango we

Mu mujyi wa Kerrville, muri Leta ya Texas, habaye inkuru ibabaje cyane y’umugabo wagaragaje ubutwari bukomeye…

Umukecuru yajyanye n’umuhungu we muri honeymoon

Mu nkuru yasohowe n’ikinyamakuru Wall Street Journal ku ya 3 Nyakanga 2025, hagaragajwe uburyo bamwe mu…

Abasirikare 5 ba Isirayeli bishwe mu majyaruguru ya Gaza, abandi 14 barakomereka

Ku wa Mbere, tariki ya 7 Nyakanga 2025, ingabo za Isirayeli zatangaje ko abasirikare bayo batanu…

Trump yongereye imisoro ku bicuruzwa biva muri koreya yepfo n’ubuyapani

Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye kongera umusoro ku bicuruzwa byinjira muri leta zunze ubumwe za…

Texas benshi bari kuburirwa irengero bitewe n’imyuzure idasanzwe

abantu 100 bamaze kwemezwa ko bapfuye naho abandi benshi baburirwa irengero nyuma y’imyuzure ikomeye yabaye kuwa…

Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya, Roman Starovoit, yiyahuye amasaha make nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin – CNN

Roman Starovoit, wahoze ari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya, yapfuye yiyahuye ku wa Mbere, amasaha make nyuma…