Perezida wa Repubulika ya Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’igihugu (UPDF), Nyakubahwa Yoweri Kaguta Museveni, yasabye…
Category: MU MAHANGA
Isiraheli Yatangaje ko Yicuza Igitero Cyahitanye Abantu muri Kiliziya Gaturika ya Gaza
Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye “cyicuza cyane” igitero cyagabwe ku rusengero…
Abategetsi b’igisirikare muri Burkina Faso basezereye Komisiyo y’Amatora, bafata ububasha bwo gutegura amatora
Burkina Faso – Abayobozi b’inzibacyuho b’igisirikare muri Burkina Faso bamaze gusesa burundu Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, bayishinja…
Polisi yo muri Thailand yataye muri yombi umugore ukurikiranyweho gushuka no gukangisha abaherezabitambo b’Ababudisiti
Uyu mugore ukekwaho gushuka abaherezabitambo b’Ababudisiti (monks) bivugwa ko yabifashishije mu mibonano mpuzabitsina hanyuma akabakangisha ko…
Abagabo batemye Igiti Cyakunzwe mu Bwongereza Bahanishijwe Imyaka Irenga 4 y’Igifungo
Abagabo babiri bo mu Bwongereza bahanishijwe igifungo kirengeje imyaka ine nyuma yo kwemera icyaha cyo gutema…
Umunyeshuri yahejwe mu kirori kubera kwambara ikanzu ifite ibendera
Umwana w’umukobwa wiga mu mashuri abanza mu Bwongereza yabujijwe kwitabira ibirori byo kwizihiza umunsi wahariwe kwishimira…
Israel yagabye ibitero by’indege ku butaka bwa Syria na Lebanon
Mu ijoro ryakeye, Israel yagabye ibitero bikomeye by’indege ku butaka bwa Syria no muri Lebanon, aho…
Perezida Paul Biya w’imyaka 92 agiye kongera kwiyamamariza manda ya munani
Perezida wa Cameroun, Paul Biya, w’imyaka 92, akaba n’umukuru w’igihugu ushaje kurusha abandi ku isi, yatangaje…
Umurambo wa Buhari wahoze ayobora Nigeria ugiye gutahukanwa, agashyingurwa mu buryo bworoshye
Umurambo wa Muhammadu Buhari wahoze ari Perezida wa Nigeria, witabye Imana afite imyaka 82 mu bitaro…
Umugore yinjije umwana mu Bwongereza akoresheje inkuru y’ikinyoma ku ivuka
Umugore ukomoka muri Afurika y’Epfo yatawe muri yombi nyuma yo kwinjiza umwana mu Bwongereza mu buryo…