Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yo mu Bufaransa ikomeje kwerekana ubukana budasanzwe mu mikino mpuzamahanga nyuma…
Author: Kwizera James
BK yatangije gahunda “Shora I Rwanda” igamije korohereza Abanyarwanda baba mu mahanga gushora imari mu gihugu
Mu nama ya Rwanda Convention USA 2025 yabereye muri Irving Convention Center, hafi ya Dallas, Texas…
Home Point yafunguye ishami rishya i Kicukiro, rikazegereza serivisi nziza abakiliya
Bwana Manoj Skariah, Umuyobozi Mukuru wa Home Point Home Point, kompanyi imaze kumenyekana mu gutanga ibikoresho…
Linda Yaccarino yeguye ku buyobozi bwa X, urubuga rwa Elon Musk, nyuma y’imyaka ibiri
Linda Yaccarino, wari Umuyobozi Mukuru (CEO) w’urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, yeguye ku mirimo ye…
Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya, Roman Starovoit, yiyahuye amasaha make nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin – CNN
Roman Starovoit, wahoze ari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya, yapfuye yiyahuye ku wa Mbere, amasaha make nyuma…
Abahoze bakinira PSG, Jay-Jay Okocha na Didier Domi bageze i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi itanu
Kigali, 7 Nyakanga 2025 — Abahoze bakinira Paris Saint-Germain (PSG), Jay-Jay Okocha na Didier Domi, bageze…
Perezida Kagame yifatanyije n’Itsinda ry’Impuguke ku Isakazabumenyi ku Isi mu kwizihiza imyaka 15
Kuri iki Cyumweru nimugoroba muri Village Urugwiro, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yifatanyije n’Itsinda ry’Impuguke…
Gen (Rtd) James Kabarebe yagaragaje akamaro k’ururimi rw’Igiswahili mu guteza imbere ubumwe n’iterambere muri EAC
Kigali, tariki ya 6 Nyakanga 2025, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe,…
U Rwanda rwikuye mu muryango wa ECCAS
Ejo ku wa Gatandatu i Malabo muri Guinée équatoriale hari hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu…
AI izahindura isi nk’uko internet yayihinduye
Iyi nkuru irahuza ubushakashatsi, ubuhamya, n’ibitekerezo bigaragaza uburyo AI ishobora guhindura ubuzima bw’abantu, imirimo, uburezi n’ibindi,…