Mu mukino wahuzaga ikipe ya Algeria n’Amavubi waberaga i Constantine muri Algeria, Amavubi yatsinzwe ibitego 2-0.…
Author: Nshimiyimana David
U Bubiligi bwemeye kwitabira shampiyona y’isi y’amagare izabera mu Rwanda
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Bubiligi ryemeje ko rizitabira iri rushanwa, rikaba ryari rimaze igihe rifite impungenge…
Adam Ahmat Mustapha, ukina mu Rwanda yahamagawe mu ikipe y’igihugu ya Tchad
Adam Ahmat Mustapha, usanzwe akinira ikipe ya City Boys ibarizwa mu cyiciro cya kabiri hano mu…
Ibirarane by’imishahara muri Shampiyona y’u Rwanda
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League shampiyona y’icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru bagaragaje uko amakipe yahembye basanga…
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi azifashisha
Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi Adel Amoursh kuri uyu munsi yasohoye urutonde rw’abakinnyi azifashisha mu mikino…
Ikipe ya Chelsea ku mukino wa nyuma wa UEFA Conference League
Ikipe ya Chelsea iraza gukina n’ikipe ya Real Betis yo muri Esipanye aho baza gukinira kuri…
Umuhanzi ukomeye mu birori byo guha ikipe ya APR FC igikombe
Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda Jose Chameleon araza kuririmba mu birori byo guha ikipe ya…
Lamine Yamal yongereye amasezerano muri FC Barcelona azageza mu mwaka wa 2031.
May, 28, 2025. David NSHIMIYIMANA Mu masezerano mashya, umushahara we wiyongereye cyane, ugera kuri miliyoni 26…