CAF yakubye kabiri amafaranga iha amakipe azitabira amarushanwa y’amakipe yo ku mugabane w’Afurika

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’afurika ryakubye kabiri amafaranga yifashishwa n’amakipe yabonye tike yo guhagararira ibihugu…

Abakinnyi babiri b’Abanyarwanda, bamaze kugera mu ikipe y’abato ya Bayern Munich.

Abakinnyi babiri b’Abanyarwanda, Ndayishimiye Barthazar na David Okoce batoranyijwe mu bazaba bagize ikipe ya Bayern Munich…

APR FC iremuye isoko ryayo, isinyisha rutahizamu ukomeye cyane

APR FC yasinyishije umukinnyi mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire William Togui Mel, uyu akaba ari rutahizamu uzajya…

APR FC yemeje bidasubirwaho ko yasinyishije myugariro wo hagati, Nduwayo Alexis wakiniraga Gasogi United.

APR FC yatangaje ko yasinyishije umukinnyi ukiri muto witwa Nduwayo Alexis wasinye amasezerano y’imyaka ine akina…

Yasambanije Abakobwa benshi, none yatawe muri yombi.

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Iran witwa REZA PARASTESH akaba agaragara nk’umukinnyi rurangiranwa w’umupira w’amaguru Lionnel…

Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri.

Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy w’imyaka 23 wakiniraga Rukunzo FC yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri. Nibibona…

Biramahire Abeddy Christophe yasinye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports

Uyu musore w’imyaka 26 yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’uko amasezerano y’amezi atandatu…

Rayon sports yamaze gusinyisha babiri

Ikipe ya Rayon sports yamaze gusinyisha abakinnyi babiri mu rwego rwo kwitegura neza umwaka w’imikino wa…

Amateka n’ishingwa rya APR FC

APR FC ni kipe y’ubukombe hano mu Rwanda, aho mu myaka 32 imaze yatwayemo ibikombe 23…

Diogo Jota wakiniraga Liverpool amaze kwitaba Imana azize impanuka.

Umunya Portugal w’imyaka 28 “Diogo Jota” wakiniraga ikipe ya Liverpool yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Diogo…