Arsenal yambara Visit Rwanda ku kuboko. Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko amasezerano rwari rufitanye na…
Author: Nshimiyimana David
Perezida wa FERWAFA Shema Fabrice yasuye abakinnyi mu mwiherero w’ikipe y’igihugu.
Perezida wa FERWAFA Shema NGOGA Fabrice yasuye ikipe y’igihugu Amavubi. Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda…
Emmanuel IMANISHIMWE yongerewe mu bakinnyi Bazakina na Benin na Afurika Yepfo.
Imanishimwe Emmanuel yagarutse mu Mavubi nyuma y’umwaka wose. Myugariro Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ yongerewe mu bakinnyi b’Ikipe…
Turi intare nta bwoba dufite. Abakinnyi ba APR FC batangiye guhiga.
Memel Raouf Dao yahaye ubutumwa Pyramids FC. Umwe mu bakinnyi beza bari gukina mu Rwanda yahise…
Ese noneho ko amafaranga yabonetse shampiyona y’u Rwanda 2025-2026 yaba igiye gukomera?
Roots Investment Group Ltd yenga inzoga ya Be One Gin yasinye amasezerano na Rwanda Premier League…
Gutanga ibihembo, amanota 3 ya mbere ya APR FC ni bimwe mu byaranze umunsi wa 2 wa Rwanda Premier League.
Abakinnyi 11 APR FC yabanje mu kibuga bakina na Gicumbi FC. Taliki ya 18 Nzeri 2025,…
Uko abakinnyi n’abatoza b’abanyarwanda bakina hanze bitwaye.
U Rwanda rumaze kugira abakinnyi benshi bakina hanze y’u Rwanda, muri shampiyona zikomeye muri Afurika no…
Memel Dao niwe wabaye umukinnyi wirushanwa rya CECAFA KAGAME CUP 2025.
Raouf Memel Dao niwe wabaye umukinnyi w’irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP 2025. Uyu mukinnyi mushya w’imyaka…
Singida Black Stars yegukanye Igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2025 itsinze Al Hilal Omdurman ibitego 2-1
Abakinnyi ba Singida Black Stars bishimira igitego. CECAFA Kagame Cup 2025 mu irangiye ikipe ya Singida…
APR FC itsindiye umwanya wa gatatu muri CECAFA KAGAME CUP 2025.
Memel Raouf Dao niwe watsindiye APR FC igitego kimwe rukumbi cyabonetse muri uyu mukino. APR FC…