Uko abakinnyi n’abatoza b’abanyarwanda bakina hanze bitwaye.

U Rwanda rumaze kugira abakinnyi benshi bakina hanze y’u Rwanda, muri shampiyona zikomeye muri Afurika no…

Memel Dao niwe wabaye umukinnyi wirushanwa rya CECAFA KAGAME CUP 2025.

Raouf Memel Dao niwe wabaye umukinnyi w’irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP 2025. Uyu mukinnyi mushya w’imyaka…

‎Singida Black Stars yegukanye Igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2025 itsinze Al Hilal Omdurman ibitego 2-1

Abakinnyi ba Singida Black Stars bishimira igitego. CECAFA Kagame Cup 2025 mu irangiye ikipe ya Singida…

APR FC itsindiye umwanya wa gatatu muri CECAFA KAGAME CUP 2025.

Memel Raouf Dao niwe watsindiye APR FC igitego kimwe rukumbi cyabonetse muri uyu mukino. ‎APR FC…

Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda Amavubi yamaze kugera muri Afurika Yepfo aho igiye gukina umukino wa 8 wo gushaka itike y’igikombe cy’isi.

Abakinnyi bo hagati bamaze kugera muri Afurika Yepfo. Ikipe y’igihugu y’U Rwanda “Amavubi”yasesekaye muri Africa y’Epfo…

Amataliki umukino wa APR FC na Pyramids uzakinirwaho yamenyekanye.

Umukino wa mbere wa CAF Champions League hagati ya APR FC na Pyramids FC uzabera kuri…

Akanyamuneza ni kose mu ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo kwishyurwa umwenda.

Perezida wa FERWAFA Shema Ngoga Fabrice yabwiye abakinnyi n’abatoza b’Amavubi ko mbere yo gukina na Nigeria…

Ibyishimo ni byinshi muri Gikundiro nyuma y’uko rutahizamu wayo yagarutse.

Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, yongeye kugaragara mu myitozo nyuma y’amezi arindwi adakina kubera imvune…

Lamptey yatandukanye na APR FC.

Umunye Ghana Richmond Lamptey yatandukanye na APR FC yerekeza mu cyiciro cya mbere muri Libya mu…

Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal Bacary Sagna yamaze kugera mu Rwanda.

Bacary Sagna yaje mu rw’imisozi igihumbi muri gahunda yo “Kwita Izina” abana bashya b’ingagi iteganyijwe mu…