Minisiteri y’Ingabo ya Israel yatangaje amasezerano yo kugura imodoka zoroheje zifasha Ingabo za IDF

Minisiteri y’Ingabo ya Isiraheli yatangaje ko yasinye amasezerano agera kuri miliyari igice z’amashekeli (angana na miliyoni…

DRC Yasinyanye Amasezerano Akomeye n’Ikigo KoBold Metals Gishyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo cy’Abanyamerika KoBold Metals, kigamije gukora ubushakashatsi no…

Perezida Museveni Asaba Ingabo za UPDF Kwigira Ku Bumenyi n’Uburyo Bujyanye n’Intambara zigezweho

Perezida wa Repubulika ya Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’igihugu (UPDF), Nyakubahwa Yoweri Kaguta Museveni, yasabye…

Isiraheli Yatangaje ko Yicuza Igitero Cyahitanye Abantu muri Kiliziya Gaturika ya Gaza

Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye “cyicuza cyane” igitero cyagabwe ku rusengero…

Abategetsi b’igisirikare muri Burkina Faso basezereye Komisiyo y’Amatora, bafata ububasha bwo gutegura amatora

Burkina Faso – Abayobozi b’inzibacyuho b’igisirikare muri Burkina Faso bamaze gusesa burundu Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, bayishinja…

Burna Boy yasabye imbabazi ku magambo yatangaje yitandukanya na Afrobeats

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nijeriya, Burna Boy, yasabye imbabazi ku magambo yigeze gutangaza yitandukanya n’injyana ya…

U Rwanda rwateye intambwe ikomeye muri gahunda yo kwihutisha impinduramatwara mu ikoranabuhanga, igeze kuri 55%

U Rwanda rukomeje gutera imbere mu rugendo rwo guhindura ubuzima bwa benshi binyuze mu ikoranabuhanga, aho…

Perezida Paul Biya w’imyaka 92 agiye kongera kwiyamamariza manda ya munani

Perezida wa Cameroun, Paul Biya, w’imyaka 92, akaba n’umukuru w’igihugu ushaje kurusha abandi ku isi, yatangaje…

Umurambo wa Buhari wahoze ayobora Nigeria ugiye gutahukanwa, agashyingurwa mu buryo bworoshye

Umurambo wa Muhammadu Buhari wahoze ari Perezida wa Nigeria, witabye Imana afite imyaka 82 mu bitaro…

Urubyiruko rw’u Rwanda rusabwa kuba maso kuko agakoko gatera SIDA kakigaragara—Minisitiri w’Ubuzima

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yaburiye urubyiruko ko nubwo u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije mu…