Imikino ihuza amakipe meza ku kurusha ayandi ku mugabane w’Uburayi yaraye itangiye mu ijoro ryakeye kandi…
Author: Cyiza Joseph
Ni nde wo kwitega muri UEFA Champions League 2025-2026?
Irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo ku mugabane w’ uburayi riratangira kuri uyu…
Vatican yinjiye mu muziki no mu ikoranabuhanga: Iserukiramuco rya mbere ry’indirimbo ryahuje abahanga n’abahanzi
Ku nshuro ya mbere mu mateka, i Vatican habereye igitaramo cy’indirimbo gikomeye cyiswe Grace For The…
Abantu barenga 193 bahitanywe n’impanuka ebyiri z’amato muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Kwiyongera kw’impanuka z’amato mu gihugu cya Congo bigenda bigaragara cyane, ahanini bitewe n’uko ari uburyo buhendutse…
Umwana wishyimye mu muryango utekanye, intego za Hello Kids Ihumure Club
Kigali, 6 Nzeri 2025 – Abana 104 bibumbiye muri Hello Kids Ihumure Club, barimo abavuye mu…
Abanyeshuri ba UTB basaga 100 mu bazafasha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
Abanyeshuri basaga 100 bo muri University of Tourism, Technology and Business Studies (UTB) bazaba mu bazafasha…
Umuyobozi Mukuru wa UNHCR ari mu ruzinduko mu Rwanda
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, ari mu Rwanda mu ruzinduko…
Perezida wa Mozambique yasabye ko habaho urujya n’uruza rw’indege hagati ya Mozambique n’u Rwanda
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yasabye ko hashyirwaho urujya…
Sisteme nshya y’Igisirikari cyo mu kirere cy’Ubushinwa yagaragaye, itera impaka ku isi
Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, hagaragayemo ubwoko bushya bwa sisiteme y’Igisirikari cyo mu kirere (air…
Intambara hagati ya Isiraheli na Irani yahitanye abarenga 1,000 muri Irani, Amerika nayo igaba ibitero bikomeye ku byari ibigo bikora ubushakashatsi ku ngufu za kirimbuzi
Irani yatangaje ko urusobe rw’imiturirwa irinda ikirere rwayo rurimo ibikoresho byakozwe imbere mu gihugu nka Bavar-373…