Dr. Justin Nsengiyumva ni we minisitiri w’intebe mushya w’u Rwanda

Kuwa 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyizeho Dr. Justin Nsengiyumva…

Burya igishushanyo cy’ikiganza cyiba imbere ya KCC n’ikimenyetso cy’ubufatanye mpuzamahanga mu kurwanya ruswa

Ku mbuga yegereye inyubako izwi cyane ya Kigali Convention Centre (KCC) hubatswe igishushanyo gikomeye kidasanzwe n’ikiganza…

U Rwanda na Antigua na Barbuda byemeranyije gukuriraho Viza abaturage babyo

Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere ubufatanye n’ubuhahirane hagati y’ibihugu byombi, u Rwanda na Antigua na…

Hasinywe amasezerano y’imyaka 15 mu ishoramari rya miliyoni $190 i Musanze

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu rwego rw’igihugu rushinzwe iterambere (RDB) ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe mine,…

umunyarwanda umwe gusa mu basifuzi bateganyijwe gusifura CHAN 2025

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri afurika (CAF) ryatangaje urutonde rw’abasifuzi bemejwe kuzayobora imikino ya African Nations Championship…

RDB yakiriye itsinda riturutse muri Isirayeli mu rwego rwo guteza imbere ubufatanye mu ishoramari, ubuhinzi, ikoranabuhanga n’umutekano

Tariki ya 15 Nyakanga 2025 umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igIhugu cy’Iterambere (RDB), bwana Jean Bosco Afrika yakiriye…

RIB yafunze umukozi w’umujyi wa kigali ukurikiranyweho ruswa n’iyezandonke

Ku wa 14 Nyakanga 2025 Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi ingabire Clément,…

URwanda rwakiriye intumwa za Uganda zaje kwiga ku iterambere ry’ubwikorezi rusange

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 9 Nyakanga 2025 ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi (RTDA) cyakiriye…

RIB yatangije amahugurwa yihariye ku rurimi rw’amarenga hagamijwe ubutabera kuri bose

Umunyamabanga mukuru wungirije w’urwego rw’igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) Kamarampaka Consolé yafunguye ku mugaragaro amahugurwa y’iminsi 15…

NAEB, CEPAR na One Acre Fund-Tubura mu bufatanye bushya bwo kugeza ifumbire ku bahinzi b’ikawa

Ku wa gatatu tariki ya 9 Nyakanga 2025, ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa ry’ibikomoka ku…