burya puwavuro ntizikora nk’ibirungo gusa

Apuwavuro zizwi cyane ku izina rya Puwavuro cyangwa Pavuro mu cyongereza zikitwa Green pepper cyangwa Bell…

menya uburyo bwo kwirinda kunutsa inkweto n’ibirenge

abantu bose bashobora guhura n’iki kibazo cyane cyane abakunda kwambara inkweto zifunze igihe kirekire cyangwa abakinnyi…

umusoro mushya uzatangira gukurikizwa ku mikino y’amahirwe guhera ku ya 1 nzeri 2025

guhera ku itariki ya 1 nzeri 2025 leta y’u Rwanda izatangira gushyira mu bikorwa ibyemezo bishya…

menya ibihe by’ingenzi byaranze umuganura

Mu mateka y’u Rwanda umuganura wari umuhango ukomeye ugenga imibereho y’abanyarwanda n’imitegekere y’igihugu, ukaba imwe mu…

Imyiteguro y’umuganura irarimbanyije

URwanda ruzizihiza umunsi w’umuganura ku itariki ya 1kanama 2025, minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo (MIFOTRA) yatangaje…

Sena y’u Rwanda mu gikorwa cyo kugenzura uko imitwe ya politiki yubahiriza amategeko

Sena y’u Rwanda binyuze muri Komisiyo yayo ya politiki n’imiyoborere yatangiye igikorwa cyo kugenzura imikorere y’imitwe…

menya kigali sky wheel uruziga rwa mbere runini mu Rwanda rugiye kuzamurwa i Kigali

igikorwa cyo kubaka Kigali Sky Wheel kiri gutegurwa nk’umushinga udasanzwe witezweho guteza imbere ubukerarugendo n’imyidagaduro mu…

inteko rusange y’abadepite igiye kwemeza itegeko rishya rizagenga imirimo y’ubuhanga mu myubakire

inteko rusange y’umutwe w’abadepite iritegura kwemeza umushinga w’itegeko rigamije gutanga umurongo uhamye ku mirimo y’ubuhanga mu…

Dr. Justin Nsengiyumva ni we minisitiri w’intebe mushya w’u Rwanda

Kuwa 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyizeho Dr. Justin Nsengiyumva…

Burya igishushanyo cy’ikiganza cyiba imbere ya KCC n’ikimenyetso cy’ubufatanye mpuzamahanga mu kurwanya ruswa

Ku mbuga yegereye inyubako izwi cyane ya Kigali Convention Centre (KCC) hubatswe igishushanyo gikomeye kidasanzwe n’ikiganza…