Ku wa 10 Nyakanga 2006, Zinedine Zidane, wari Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’Ubufaransa, yanditse amateka atazibagirana mu…
Year: 2025
Umupaka wa Bunagana uhuza Uganda n’ibice bigenzurwa na AFC/M23 wafunguwe
Kuri uyu wa Kane tariki 10 Nyakanga 2025, Perezida wa Uganda Nyakubahwa YOWELI KAGUTA MUSEVENI yafunguye…
Ubwongereza mu kaga gaterwa n’igihugu cya Iran
Igihugu cy’u Bwongereza kiri mu kaga kava ku bibazo bigenda byiyongera kandi bitari byitezwe, bitezwa na…
URUGENDO RWA DONATILLE MUKABALISA: UMUGORE W’IJAMBO MU MIYOBORERE Y’U RWANDA
Mu kiganiro cyihariye cyatambutse kuri RBA mu rwego rwa “Password”, Senateri Donatille Mukabalisa yasangije Abanyarwanda urugendo…
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yazamutse imyanya 3 , ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi ” yazamutse imyanya 3 , ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA…
Ousmane Dembélé ati “twari twateguye ko Real Madrid igomba kurya ibitego 4 cyangwa 5.”
Mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino wa kimwe cya kabiri cy’irangiza mu gikombe cy’isi cya makipe wahuje…
APR BBC yatsinze REG BBC mu mukino ukomeye wa Playoffs
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nyakanga 2025, ikipe ya APR BBC yegukanye…
PSG ikomeje gutanga isomo muri ruhango, igeze ku mukino wa nyuma wa FIFA Club World Cup 2025
Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yo mu Bufaransa ikomeje kwerekana ubukana budasanzwe mu mikino mpuzamahanga nyuma…
Trump yashimye Perezida wa Liberia kuvuga icyongereza neza bitera impaka ku mugabane wa Afrika
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, uburyo…
Inzoga n’abakobwa mu bituma abakinnyi b’abanyamahanga bakina mu Rwanda basubira inyuma.
Rukundo Abdul Rahman uzwi nka ‘Paplay’ ukinira Rayon Sports, yagaragaje ko abakobwa n’inzoga biri mu bituma…