Ibibazo by’ikoranabuhanga ku Isi: ChatGPT yahuye n’ikibazo gikomeye cyatumye ihagarara by’agateganyo

Ku wa kabiri tariki ya 15 Nyakanga 2025, ibihugu bikomeye birimo Leta zunze Ubumwe za Amerika…

FC Barcelona na Real Madrid: ihangana ry’aya makipe rikomereje ku isoko ry’igura n’igurisha.

FC Barcelona yatangaje ko yasinyishije Rooney Bardghji imukuye muri FC Copenhagen kuri miliyoni ebyiri z’amayero. Uyu…

Tumelo Ramaphosa yateje impaka ku rukundo rwe na Kate Bashabe

Tumelo Ramaphosa, umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa, ari kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga…

Muri Rayon Sports “Ubururu bwacu, agaciro kacu” biri gutanga umusaruro.

Hashize icyumweru Rayon Sports itangije ubukangurambaga bise “Ubururu Bwacu Agaciro Kacu” aho buri nukunzi wa Rayon…

Burna Boy yasabye imbabazi ku magambo yatangaje yitandukanya na Afrobeats

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nijeriya, Burna Boy, yasabye imbabazi ku magambo yigeze gutangaza yitandukanya n’injyana ya…

Abapfumu ku rubuga rwa Etsy bacuruza akazi, izuba n’intsinzi -Ubucuruzi burakataje

Ku rubuga ruzwi cyane rwo gucururizaho ibintu by’ubukorikori n’imitako, Etsy, hari abapfumu n’abacuruzi b’imyuka batangiye kugurisha…

RDB yakiriye itsinda riturutse muri Isirayeli mu rwego rwo guteza imbere ubufatanye mu ishoramari, ubuhinzi, ikoranabuhanga n’umutekano

Tariki ya 15 Nyakanga 2025 umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igIhugu cy’Iterambere (RDB), bwana Jean Bosco Afrika yakiriye…

U Rwanda rwateye intambwe ikomeye muri gahunda yo kwihutisha impinduramatwara mu ikoranabuhanga, igeze kuri 55%

U Rwanda rukomeje gutera imbere mu rugendo rwo guhindura ubuzima bwa benshi binyuze mu ikoranabuhanga, aho…

Polisi yo muri Thailand yataye muri yombi umugore ukurikiranyweho gushuka no gukangisha abaherezabitambo b’Ababudisiti

Uyu mugore ukekwaho gushuka abaherezabitambo b’Ababudisiti (monks) bivugwa ko yabifashishije mu mibonano mpuzabitsina hanyuma akabakangisha ko…

Abagabo batemye Igiti Cyakunzwe mu Bwongereza Bahanishijwe Imyaka Irenga 4 y’Igifungo

Abagabo babiri bo mu Bwongereza bahanishijwe igifungo kirengeje imyaka ine nyuma yo kwemera icyaha cyo gutema…